• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Malawi: Bazindukiye mu matora mu gihe ubukungu bukomeje kugana mu manga

September 16, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri uyu wa Kabiri, Abanya-Malawi bazindukiye mu matora ya Perezida n’ay’abadepite, nyuma y’imyaka itanu y’ibihe bitoroshye byaranzwe no gukomera kw’ibibazo by’ubukungu muri iki gihugu giherereye […]

Bruce Melodie yahishuye byinshi ku rugendo rwe rwa muzika

September 15, 2025 Kabano Patrick 0

Mu kiganiro cyihariye yagiranye n’umunyamakuru wo muri Nigeria Adesope Olajide, Itahiwacu Bruce uzwi nka Bruce Melodie muri muzika nyarwanda, yavuze ku rugendo rwe rwa muzika, […]

Sinshobora kuba umuhuza mu masezerano yo kugarura amahoro muri Ukraine – Papa Leo

September 15, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Nubwo mu itangazamakuru hakomeje kugaragara inkuru z’uko papa ashobora gufasha mu buhuza hagati y’u Burusiya na Ukraine, Papa Leo XIV yavuze ko Vatikan idashoboka gukora […]

DR. Congo: Hatangiye gahunda yo gutanga urukingo rwa Ebola

September 15, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ku cyumweru, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ryatangaje ko ryatangiye gukingira abakora mu buzima bafite ibyago byo kwandura virus ya Ebola n’abantu bahuye […]

Icyo abantu batandukanye bavuga ku munsi wa nyuma w’icyumweru

September 14, 2025 ICK News 0

Umunsi wo ku Cyumweru ufatwa nk’umunsi wihariye ku bantu benshi, kuko ari wo usoza icyumweru cy’iminsi irindwi. Hari abawufata nk’umunsi wo kwegera Imana, gusabana n’inshuti […]

Muhanga: Abacururiza mu isoko rya kijyambere bazengerejwe n’abakora badasora

September 13, 2025 ICK News 0

Abacururiza mu isoko rya kijyambere ry’akarere ka Muhanga riherereye mu murenge wa Nyamabuye baravuga ko bazengerejwe n’umubare ukomeje kwiyongera w’abazwi ku izina ry’a bazunguzayi” kuko […]

Umugore wa Akon yatanze ikirego asaba gatanya

September 13, 2025 Kabano Patrick 0

Tomeka Thiam, umugore w’umuhanzi w’icyamamare Akon, yamaze gutanga ikirego mu rukiko asaba gatanya n’umugabo we, aho avuga ko ibibazo bafitanye byananiranye gukemuka binyuze mu bwumvikane. […]

Sherrie Silver yemeje itariki ya Silver Gala 2025

September 13, 2025 Kabano Patrick 0

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, Sherrie Silver yatangaje ko igitaramo ngarukamwaka The Silver Gala kigiye kongera kubera mu Rwanda ku nshuro ya kabiri, aho kizabera muri […]

Papa Leo IV asaba abepiskopi Gatolika kudahishira ibirego by’ihohoterwa

September 13, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ku wa Gatanu Vatikani yatangaje ko Papa Leo IV yahaye amabwiriza abepiskopi bashya ba Kiliziya Gatolika yo guhangana n’ihohoterwa rikorwa n’abapadiri no kudahishira ibirego by’imyitwarire […]

ICK yakiriye abashyitsi baturutse muri Ambasade ya Amerika baganira ku mikoranire

September 12, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri uyu wa Gatanu, Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) ryakiriye itsinda riturutse muri ambasade ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Rwanda, baganira uburyo […]

Posts pagination

« 1 … 69 70 71 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS