• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Inkubi y’umuyaga yishe abantu 193 muri Philippines na Vietnam

November 7, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Inkubi y’umuyaga ikaze yiswe Kalmaegi imaze guhitana nibura abantu 188 muri Philippines n’abandi batanu muri Vietnam, nk’uko imibare iheruka gutangazwa n’ibi bihugu byombi ibigaragaza. Uwo […]

Abenebikira basabiwe kugirwa Abarinzi b’Igihango

November 7, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yavuze ko Umuryango w’Abenebikira ukwiye kugirwa Abarinzi b’Igihango kubera uruhare rwawo rudasanzwe mu kunga ubumwe no […]

Papa Leo XIV yanenze politiki ya Donald Trump yo kwirukana abimukira

November 6, 2025 ICK News 0

Papa Leo XIV yasabye ko habaho “gutekereza cyane” ku buryo abimukira bafashwemo muri Amerika, aho yavuze ko abantu benshi bagizweho ingaruka cyane na gahunda yateje […]

Muhanga: Urubyiruko rukora ubucuruzi rwahuguwe uko rwateza imbere ibyo rukora

November 6, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Bamwe mu rubyiruko rukora imirimo itandukanye rurimo abafotora, abacuruzi, abakora ibijyanye n’ubwiza ndetse n’abandi bafite ibikorwa by’ubucuruzi bitandukanye, bari mu mahugurwa agamije kubafasha kunoza no […]

U Rwanda rukeneye miliyoni 300$ kugira ngo ‘internet’ igere mu gihugu hose

November 5, 2025 ICK News 0

Guverinoma y’u Rwanda irimo gushaka nibura miliyoni 300 z’amadolari ya Amerika (angana na miliyari zisaga 432 Frw) kugira ngo ishyireho iminara mishya ya telefoni ngendanwa, […]

Umuyisilamu wavukiye i Kampala yatorewe kuyobora New York

November 5, 2025 ICK News 0

Zohran Mamdani yanditse amateka mashya yo kuba umuntu wa mbere wavukiye muri Afurika by’umwihariko i Kampala muri Uganda, ugiye kuyobora umujyi wa New York, kimwe […]

Al Hilal SC yo muri Sudani yamenye ikipe izakina na yo bwa mbere muri Shamiyona y’u Rwanda

November 4, 2025 Ibyimana Cofi 0

Ikipe ya Al Hilal SC yo muri Sudani yatangaje ko izakina umukino wayo wa mbere muri Shampiyona ya Rwanda Premier League ku wa Kane tariki […]

No Image

Ndi umunyamahirwe – Viswashkumar Ramesh warokotse impanuka y’indege yahitanye abandi 240

November 4, 2025 Niyomukiza Vivens 0

Viswashkumar Ramesh, ni we muntu rukumbi warokotse impanuka y’indege ya Air India yavaga Ahmedabad ijya London mu kwezi kwa Kamena 2025, yahitanye abantu 240 bari […]

FIFA yafunguye imurikabikorwa ryerekana uburyo ikoranabuhanga rifasha muri ruhago

November 4, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) ryatangije imurikabikorwa ryitwa “Innovation in Action: Football Technologies On and Off the Pitch”, rigamije kugaragaza uruhare rw’ikoranabuhanga mu guteza […]

Samia Suluhu Hassan warahiriye indi manda ya Perezida wa Tanzania ni muntu ki?

November 3, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania yarahiriye manda ya kabiri nk’Umukuru w’Igihugu kuri uyu wa mbere tariki ya 3 Ugushyingo 2025, mu muhango wabereye mu […]

Posts pagination

« 1 … 49 50 51 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS