• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

ICK: Abanyeshuri basabwe kwimakaza uburinganire n’ubwuzuzanye mu byo bakora byose

December 5, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Ejo ku wa 4 Ukuboza 2025 umuyobozi w’akarere ka Muhanga, Madame Kayitare Jacqueline ari kumwe na Mukagasangwa Consolée, ushinzwe imiyoborere myiza mu Nama y’Igihugu y’Abagore, […]

Muhanga: Meya Kayitare yasabye abagifata nabi abafite ubumuga kubicikaho

December 4, 2025 ICK News 0

Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga, Kayitare Jacqueline, yasabye abagifata nabi abantu bafite ibumuga kubicikaho, ndetse abibutsa ko bihanirwa n’amategeko. Yabigarutseho ku wa 3 Ukoboza 2025, ubwo […]

Nyanza: Women Plan Rwanda supports GS Kaganza students with school supplies

December 3, 2025 IGIRANEZA Rozine 0

Women Plan Rwanda (WPR) has provided essential school supplies and personal hygiene items to students of Groupe Scolaire Kaganza in Nyanza District, reaffirming its commitment […]

Muhanga: Nyabisindu residents look forward to economic growth from new market

December 3, 2025 ICK News 0

A modern market in Nyabisindu, Muhanga District, is nearing completion, promising to bring fresh economic opportunities to the local community. The market is part of […]

Where hope Is reborn: CAM–RWANDA’s quiet impact in Shyorongi

December 3, 2025 ICK News 0

On the serene hills of Shyorongi in Bugaragara Cell, Rulindo District, a small community-based organization is quietly transforming lives with profound, lasting impact. Known as […]

Papa Leo yasabye Amerika kwirinda gukoresha ingufu za gisirikare mu guhirika perezida wa Venezuela

December 3, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Papa Leo XIV yasabye ubuyobozi bwa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ku wa Kabiri kutagerageza gukuraho Perezida wa Venezuela, Nicolas Maduro, […]

Abapolisi 74 barimo ACP Rumanzi na ACP Muheto bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

December 3, 2025 Manishimwe Janvier 0

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko abapolisi 74 barimo abo ku rwego rwa Ofisiye Mukuru bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru, mu rwego rwo gukomeza gushyira mu bikorwa […]

Muhanga: A growing economic hub shaping Rwanda’s future

December 2, 2025 ICK News 0

Once known mainly as a transit stop between Kigali and the Southern Province, Muhanga has undergone a remarkable transformation over the past decade. What was […]

Amajyepfo: Polisi yaburiye abashishikariza abaturage kwigomeka kuri gahunda za Leta

December 1, 2025 Muvunankiko Valens 0

Mu kiganiro cyahuje Intara y’Amajyepfo n’abanyamakuru, ku wa gatanu ushize, Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda muri iyi Ntara, CIP Hassan Kamanzi, yatangaje ko hari abantu […]

“Urumuri rw’itoroshi ntiruhagije”-Abaturage b’i Nyamagabe basaba guhabwa umuriro w’amashanyarazi

December 1, 2025 ICK News 0

Abaturage bo mu Kagari ka Rugano, mu Murenge wa Musebeya, mu Karere ka Nyamagabe, barasaba inzego zibishinzwe kwihutisha igikorwa cyo kubaha umuriro w’amashanyarazi, kuko hashize […]

Posts pagination

« 1 … 40 41 42 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Ikipe yatsinze umukino izajya ihabwa miliyoni: Ibihembo byongerewe muri BK Pro League

    Urwego Rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, rwazamuye inkunga n’ibihembo rugenera amakipe azakina shampiyona ya BK Pro League 2026-2027. Inkunga n’ibihembo bishya bigamije kurushaho […]

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS