• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Abanyamaguru barashinjwa kuba intandaro y’amakosa ahanirwa abatwara ibinyabiziga  

November 21, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Abayobozi b’ibinyabiziga bo mu bice bitandukanye by’umwihariko mu Karere ka Muhanga, barinubira ibihano bahabwa mu muhanda, bitewe n’amakosa akorwa n’abanyamaguru. Bamwe mu baganiriye na ICK […]

Inama za OMS ku bahangayitse

November 20, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Muri iyi si yihuta cyane, guhangayinka (stress) byabaye nk’ibisanzwe kuri benshi kubera igitutu mu kazi, uburemere bw’ibibazo by’umuntu ku giti cye, inkuru zidashira ku bibazo […]

Beat Stress with WHO Tips

November 20, 2024 Philbert Mbonigaba 0

In today’s fast-paced world, stress has become almost unavoidable for many people, stemming from workplace pressure, personal challenges, and ongoing global issues related to health […]

TTC de la Salle Byumba: Barasaba kuvugururirwa igikoni kimaze imyaka 71

November 20, 2024 Ishimwe Honore 0

Abayobozi n’abakozi b’ishuri Nderabarezi rya Byumba ‘TTC de la Salle Byumba’ barasaba ko igikoni cy’iri shuri kivugururwa kuko kimaze gusaza cyane. Bamwe mu baganiriye na […]

President Kagame Meets Steve Harvey

November 20, 2024 ICK News 0

On November 20, 2024, President Paul Kagame met with Steve Harvey, a renowned comedian, actor, television host, and producer, during Harvey’s visit to Rwanda, which […]

Countdown to the AGE-ICK Committee Elections: Three Days to Go!

November 20, 2024 ICK News 0

The clock is ticking at the Institut Catholique de Kabgayi (ICK) as the election for the new AGE-ICK Committee approaches. With just three days remaining, […]

Ese ni Jenoside? Papa Fransisiko arasaba iperereza ryimbitse ku bibera muri Gaza

November 19, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Papa Fransisiko yasabye ko hakorwa iperereza ku bikorwa by’igisirikare cya Isiraheli muri Gaza kugira ngo harebwe niba byaba atari Jenoside ikorerwa abaturage ba Palesitine. Mu […]

Return to Rwanda: A Journey Beyond the Past

November 19, 2024 Norah Nayebare 0

Rwanda, once synonymous with tragedy, has quietly transformed into one of Africa’s most compelling travel destinations. With its vibrant communities, lush landscapes, and resilient spirit, […]

Gicumbi: Barasaba gufashwa kugira ijambo ku butaka bwabo

November 19, 2024 Ishimwe Honore 0

Bamwe mu batuye mu bice byegereye imipaka ihuza u Rwanda na Uganda bakomeje gusaba inzego zifite mu nshingano kubafasha kubona ibyangombwa by’ubutaka bwabo buherereye ku […]

ICK: REMA Engages Environmental Club Members

November 19, 2024 IRATUZI Bardine 0

Monday , a delegation from the Rwanda Environment Management Authority (REMA) visited students at the Institut Catholique de Kabgayi (ICK) who are part of the […]

Posts pagination

« 1 … 186 187 188 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS