• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Guatemala: Abarenga 50 bamaze kugwa mu mpanuka ya ‘bus’

February 11, 2025 Kwihangana Joshua 0

Mu gitondo cyo kuwa mbere, tariki ya 10 Gashyantare 2025, bisi yerekezaga mu murwa mukuru wa Guatemala ivuye mu mujyi wa San Agustin Acasaguastlan, ubwo […]

Over 9,200 Individuals Investigated for Corruption in the Last Five Years

February 10, 2025 ICK News 0

The Secretary General of Rwanda Investigation Bureau (RIB), Col (Rtd) Janot Ruhunga, has revealed that in the past five years, RIB has handled 4,437 corruption-related […]

U Rwanda rurateganya kuzamura umusaruro w’inyama ku kigero cya 20%

February 10, 2025 Kwihangana Joshua 0

Inyama ni kimwe mu biribwa bikundwa cyane n’abantu benshi ku isi, mu Rwanda bikaba ibindi kuko ari ikiribwa cyanashakiwe amazina menshi anyuranye arimo akadahingwa, imbonekarimwe, […]

Ingabo za Sudani zigiye gushyiraho guverinoma nshya nyuma yo gufata umurwa mukuru

February 10, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Umuyobozi w’ingabo za Sudani yavuze ko hagiye gushyirwaho guverinoma y’inzibacyuho mu gihe kitarambiranye, nyuma yo kwigarurira umurwa mukuru, Khartoum, mu ntamabara igisirikare cy’igihugu gihanganyemo n’umutwe […]

Trump na Putin baganiriye ku irangizwa ry’intambara muri Ukraine

February 9, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko yagiranye ikiganiro na mugenzi we w’Uburusiya, Vladimir Putin, kuri telefoni ku bijyanye no guhagarika […]

Amadini n’Amatorero arasabwa guhashya inyigisho ziyobya abaturage

February 9, 2025 IKUNDABAYO Pauline 0

Ubuyobozi bw’Ihuriro ry’Amadini n’Amatorero mu Rwanda (RIC) bwatangaje ko abiha inshingano za gishumba, abatanga inyigisho ziyobya abaturage n’ibindi bikorwa byiyitirira idini cyangwa itorero kandi bigamije […]

Ibidasanzwe kuri Bazilika ya Mutagatifu Petero i Vatikani

February 8, 2025 Philos Muhire 0

Bazilika ya Mutagatifu Petero (Basilica Sancti Petri) ni imwe muri kiliziya zikomeye ku isi, ikaba ifite amateka akomeye n’icyubahiro gikomeye muri Kiliziya Gatolika. Iyi kiliziya […]

Mali: Abantu barenga 50 biciwe mu gitero cy’abagizibanabi

February 8, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Abantu barenga 50 biciwe hafi y’umujyi wa Gao uherereye mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Mali nyuma y’uko abagizibanabi bitwaje intwaro bateze imodoka zarimo abaturage ndetse n’izindi […]

Vatikani: Umugabo yafunzwe azira kwangiza Alitari ya Bazilika

February 8, 2025 ICK News 0

Ejo ku wa Gatanu tariki ya 7 Gashyantare 2025, umugabo uturuka muri Romania yinjiye muri Basilika ya Mutagatifu Petero i Vatikani, yurira ku gicaniro nyamukuru, […]

Nyagatare: 15 bakekwaho kwiba moto bakajya kuzigurisha muri Uganda beretswe itangazamakuru

February 8, 2025 Ishimwe Honore 0

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 7 Gashyantare 2025, Polisi y’u Rwanda yeretse itangazamakuru abantu 15 bakekwaho kuba bajyaga biba moto bakajya kuzigurisha mu Gihugu […]

Posts pagination

« 1 … 152 153 154 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS