Amerika ihangayikishijwe na ‘DeepSeek’ y’u Bushinwa
Izamuka ritangaje ry’ikigo cy’ikoranabuhanga cyo mu Bushinwa ‘DeepSeek’ ryateje impagarara mu isi y’ubwenge bukorano (AI), yari isanzwe iyobowe na Leta Zunze ubumwe za Amerika. Ukuri […]
Izamuka ritangaje ry’ikigo cy’ikoranabuhanga cyo mu Bushinwa ‘DeepSeek’ ryateje impagarara mu isi y’ubwenge bukorano (AI), yari isanzwe iyobowe na Leta Zunze ubumwe za Amerika. Ukuri […]
Ikipe y’Ingabo z’Igihugu cy’ u Rwanda (APR FC) ndetse n’ikipe y’Igipolisi cy’ u Rwanda (Police FC) zageze ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Intwari zisezereye ikipe […]
Amwe mu marerero yo mu rugo azwi nka ‘Home based ECD’ yo mu karere ka Gatsibo mu ntara y’iburasirazuba, aravugwaho kutagira ubwiherero bufasha abana bafite […]
Ku wa Mbere tariki ya 27 Mutarama 2025, mu Ishuri Rikuru Gaturika rya Kabgayi (ICK) habereye igikorwa cyo gutanga amaraso kitabiriwe n’abantu batandukanye ariko biganjemo […]
Kuri uyu wa mbere tariki ya 27 Mutarama 2025, Police mpuzamahanga ya Interpol yatangaje ko abantu 37 bakekwaho iterabwoba, barimo abakekwaho kuba muri leta ya […]
From January 24 to January 29, 2025, members of the Catholic Journalists’ Association (SIGNIS) from around the world gathered in Rome, Vatican City. Some of […]
Ku cyumweru, tariki ya 26 Mutarama 2025, abashinzwe umutekano ndetse’abaturage bavuga ko abakekwaho kuba abarwanyi b’intagondwa za kisilamu bishe byibuze abasirikare 20 bo muri Nigeria, […]
Kuva kuwa 24 kugeza kuwa 29 Mutarama 2025, abagize ihuriro ry’Abanyamakuru Gatolika (SIGNIS) baturutse ku isi hose, bateraniye I Roma mu gihugu cya Vatikani. zimwe […]
Perezida wegujwe muri Koreya y’Epfo, Yoon Suk Yeol, yashinjwe icyaha cyo kwigomeka nyuma yo gutangaza amategeko ya gisirikare yo mu bihe bidasanzwe ku wa 3 […]
Nyuma y’imyaka 30 abatuye mu kagari ka Nyakabungo mu murenge wa Byumba mu karere ka Gicumbi batagira ibiro by’akagari bagiye kubyubakirwa kuburyo bizaba byuzuye mu […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS