• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

TOP3

Bugesera-Mwogo: Abarezi barasabwa guteza imbere uburezi budaheza

October 21, 2025 Tuyisenge Yedidiya 0

Abayobozi b’ibigo by’amashuri ndetse n’abarimu bo mu Murenge wa Mwogo mu Karere ka Bugesera, barasabwa guteza imbere uburezi budaheza abafite ubumuga butandukanye. Ni ibyagarutsweho, ubwo […]

Eddy Kenzo yisubiyeho, asubira mu nshingano ze zo kuyobora UNMF

October 21, 2025 Kabano Patrick 0

Umuririmbyi w’Umunya-Uganda Eddy Kenzo yemeje ko atazegura ku buyobozi bw’Ishyirahamwe ry’Abahanzi ba Uganda (National Musicians Federation – UNMF), nyuma y’uko amajwi yasakaye ku mbuga nkoranyambaga […]

RIB yataye muri yombi ‘umuvugabutumwa’ wagaragaye asaba abantu amafaranga

October 21, 2025 Manishimwe Janvier 0

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ku bufatanye na Polisi y’igihugu, kuri uyu wa kabiri tariki 21 Ukwakira 2025, yafashe ndetse yerekana Bucyanayandi Emmanuel, ucyekwaho kwiyita umuvugabutumwa, […]

U Bufaransa: Nicolas Sarkozy wahoze ari Perezida yafunzwe

October 21, 2025 Muhire Obed 0

Uwahoze ari Perezida w’u Bufaransa, Nicolas Sarkozy, yafunzwe imyaka itanu nyuma yo guhamywa ibyaha byo kwakira no gukoresha amafaranga aturutse kuri Muammar Gaddafi, wahoze ayobora […]

U Buyapani bwabonye Minisitiri w’Intebe w’umugore bwa mbere mu mateka

October 21, 2025 ICK News 0

Sanae Takaichi yabaye umugore wa mbere mu mateka y’u Buyapani utorewe kuba Minisitiri w’Intebe, mu gihe benshi bamwita “umugore w’imbaraga zidasanzwe” kubera urugendo rwe rw’ubuzima […]

Huye: Abaturage ba Kigoma bishimira iterambere bakesha umushinga SPARK

October 21, 2025 ICK News 0

Abaturage bo mu Murenge wa Kigoma, mu Karere ka Huye, barishimira umushinga SPARK MicroGrants bavuga ko wabahinduriye imibereho, ukabafasha kwivana mu bukene no gutangira inzira […]

No Image

Nicki Minaj uherutse kuvuga ko yavuye mu muziki, agiye gutaramira muri Afurika y’Epfo

October 20, 2025 Kabano Patrick 0

Umuraperikazi w’icyamamare ku isi, Nicki Minaj, yongeye kuvugisha abantu nyuma yo gutangaza ko we n’itsinda rye bari gutekereza ku buryo yakorera igitaramo muri Afurika y’Epfo. […]

U Bufaransa: Inzu ndangamurage ya Louvre yafunze imiryango nyuma yo gusurwa na benengango

October 20, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Inzu ndangamurage ya Louvre I Paris mu Bufaransa, imwe mu zisurwa cyane kurusha izindi ku isi, yafunze imiryango yayo ku wa mbere nyuma y’uko habaye […]

Muhanga: Cooperative leaders trained on digital tools to modernize agriculture

October 18, 2025 Manishimwe Janvier 0

Over 30 cooperative leaders and agricultural trainers from Muhanga District have received training on how to apply modern technology in farming, with the aim of […]

Muhanga: Abayobora amakoperative bahuguwe ku ikoreshwa ry’ikoranabuhanga mu buhinzi

October 18, 2025 Manishimwe Janvier 0

Ku wa Gatanu, tariki ya 17 Ukwakira 2025, abayobozi b’amakoperative n’abashinzwe guhugura abahinzi mu Karere ka Muhanga bahuguwe ku bijyanye na porogaramu yo guhugura abafashamyumvire […]

Posts pagination

« 1 … 21 22 23 … 30 »

AMAKURU MASHYA

  • Kamonyi yashyizeho ingamba zo kugabanya igihe abaturage bamara bategereje serivisi z’ubutaka

    Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr. Nahayo Sylvère, yavuze ko ubwinshi bw’abaturage bakeneye serivisi z’ubutaka ari imwe mu mbogamizi Akarere gahura na zo, ariko ko hashyizweho […]

  • Maroc: Amashyaka ya politiki ahanganye no kwigarurira icyizere mu rubyiruko mbere y’amatora

    Amashyaka ya politiki muri Maroc ari gushyira imbaraga mu gushaka ko urubyiruko rwitabira amatora y’Abadepite ateganyijwe ku wa 23 Nzeri 2026, mu gihe hari impungenge […]

  • Minisitiri w’intebe wa Canada yavuze ko ubufatanye n’u Burayi butagamije guhangana na Amerika

    Minisitiri w’Intebe wa Canada, Mark Carney, yavuze ko umugambi wo kurushaho gukorana n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) atari uwo gushyiraho ihuriro rishya ry’ibihugu rihangana n’izindi […]

  • Kamonyi: Ibigo 19 by’ubucukuzi byatanze akazi ku baturage binafasha mu mishinga y’iterambere

    Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr. Nahayo Sylvère, yavuze ko aka karere gafite ibigo 19 bikora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, avuga ko ibikorwa byabyo bifasha abaturage kubona […]

  • Muhanga: Yihangiye umurimo wo gusana radio na telephone kugira ngo abashe kwiga neza

    Ishimwe Dieudonné w’imyaka 22 wiga mu mwaka wa mbere mu ishami ry’itangazamakuru mu ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi, yihangiye umurimo wo gusana radio na telefoni […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS