U Buyapani: Minisitiri yeguye ku mirimo ye azize guhabwa umuceri w’ubuntu
Minisitiri w’ubuhinzi mu Buyapani Taku Etō, yeguye ku mirimo ye nyuma yo kotswa igitutu n’abaturage barakajwe n’ijambo yavuze agaragaza ko atagura umuceri kuko awubonera ubuntu, […]
