• AHABANZA
  • AMAKURU MUBYICIRO
    • AGEZWEHO
    • MU RWANDA
    • MU MAHANGA
    • IMIBEREHO
    • POLITIKE
    • UMUTEKANO
    • UMUTEKANO

POLITIKE

Perezida Kagame yahaye inshingano nshya abarimo Brig Gen Nyirubutama 

January 30, 2026 Ibyimana Cofi 0

Perezida Paul Kagame yashyize mu myanya abayobozi batandukanye, barimo Brig Gen Jean Paul Nyirubutama wagizwe Umujyanama Mukuru Wungirije mu by’Umutekano muri Perezidansi ya Repubulika. Aba […]

No Image

Australia yakajije amategeko yo gutunga intwaro nyuma y’igitero cy’i Bondi

January 20, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Amategeko mashya akaze muri Australia agenga intwaro yemejwe kuri uyu wa Kabiri, arimo gahunda yo kugura no gukusanya intwaro ziri mu baturage, kugabanya iyinjizwa ry’intwaro […]

Canada n’u Bushinwa byinjiye mu mikoranire mishya

January 16, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Canada yatangaje impinduka ikomeye muri politiki yayo y’ubucuruzi, yemeza kugabanya imisoro ku modoka zimwe na zimwe zikoresha amashanyarazi zituruka mu Bushinwa mu rwego rwo kwihimura […]

Uganda: Museveni yanikiriye Bobi Wine mu byavuye mu matora by’agateganyo

January 16, 2026 Manishimwe Janvier 0

Imibare y’agateganyo yatangajwe na Komisiyo y’Amatora muri Uganda yagaragaje ko Perezida Yoweri Kaguta Museveni ari imbere cyane mu matora y’Umukuru w’Igihugu, ku majwi arenga bitatu […]

Amerika yahagaritse guha Visa abaturage bo mu bihugu 75 birimo n’u Rwanda

January 15, 2026 Philbert MBONIGABA 0

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko yahagaritse ibikorwa byo gusuzuma no gutanga Visa ku baturage bo mu bihugu 75 birimo n’u Rwanda mu rwego […]

Nicolás Maduro yahakanye ibyaha aregwa

January 6, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Perezida Nicolás Maduro wakuwe ku butegetsi bwa Venezuela na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yagejejwe imbere y’urukiko rw’i New York hamwe we n’umugore we aho […]

Igiciro cya zahabu cyazamutse nyuma y’uko Amerika iteye Venezuela igashimuta Maduro

January 5, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Ibiciro by’amabuye y’agaciro arimo na zahabu byazamutse ku isoko mpuzamahanga nyuma y’uko ifatwa rya Perezida wa Venezuela, Nicolás Maduro, na Leta Zunze Ubumwe za Amerika […]

Trump yemeje ko Amerika yateye Venezuela ifata Perezida Maduro

January 3, 2026 ICK News 0

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yategetse igisirikare kugaba ibitero mu murwa mukuru wa Venezuela, Caracas no ku bigo bya gisirikare, nyuma […]

Abacamanza babiri n’umwanditsi w’urukiko birukanwe, 15 bahabwa inshingano nshya

January 2, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Mukantaganzwa Domitilla yirukanye abarimo abacamanza babiri n’umwanditsi w’urukiko bazira ibyaha bifitanye isano na ruswa

Guinea: Mamadi Doumbouya yatorewe kuba perezida

December 31, 2025 ICK News 0

Perezida Mamadi Doumbouya ni we watsinze amatora ya Perezida wa Repubulika muri Guinea, aho yegukanye amanota 86% by’amajwi amaze kubarurwa by’agateganyo, nk’uko byatangajwe n’Ibiro bishinzwe […]

Posts pagination

1 2 … 45 »

AMAKURU MASHYA

  • ICK yateye mpaga Kaminuza ya Gitwe muri Rwanda Varsity League

    Ikipe y’abahungu ya Basketball y’Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) yateye mpaga ikipe ya Kaminuza ya Gitwe mu mikino ihuza za kaminuza (Rwanda Varsity League) […]

  • Hizihijwe Umunsi Mpuzamahanga wo Kurwanya Indwara Zititaweho, abaturage basabwa kwimakaza isuku

    Ku wa Gatanu, tariki ya 30 Mutarama 2026, u Rwanda n’isi yose byizihije Umunsi Mpuzamahanga wo Kurwanya Indwara Zititaweho uko Bikwiye (Neglected Tropical Diseases – […]

  • Batatu barimo Barafinda bafunzwe bakekwaho gutangaza amakuru y’ibihuha

    Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi abantu batatu, barimo Barafinda Sekikubo Fred, Mazimpaka Patrick na Nkeramihigo Japhet. Aba bakurikiranweho icyaha gikomeye cyo […]

  • Perezida Kagame yahaye inshingano nshya abarimo Brig Gen Nyirubutama 

    Perezida Paul Kagame yashyize mu myanya abayobozi batandukanye, barimo Brig Gen Jean Paul Nyirubutama wagizwe Umujyanama Mukuru Wungirije mu by’Umutekano muri Perezidansi ya Repubulika. Aba […]

  • BNR yahagaritse Mobicash ihowe kutubahiraza amabwiriza

    Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yatangaje ko yahagaritse ibikorwa bya Mobicash Rwanda Ltd mu mezi atatu, icyemezo cyatangiye gukurikizwa ku wa 23 Mutarama 2026. Mu […]

IMYIDAGADURO

About

Copyright © 2026 | ICK NEWS