Abarenga miliyoni 122 bamaze kuba impunzi kubera intambara mu 2025
Umubare w’abantu bavuye mu byabo kubera intambara n’akarengane ku isi hose wariyongereye ku buryo urenga miliyoni 122 muri uyu mwaka bitewe no kubura umuti w’intambara […]
Umubare w’abantu bavuye mu byabo kubera intambara n’akarengane ku isi hose wariyongereye ku buryo urenga miliyoni 122 muri uyu mwaka bitewe no kubura umuti w’intambara […]
Indege ya sosiyete ya Air India yari igiye i Londres mu Bwongereza itwaye abantu 242 yakoze impanuka hashize iminota itanu ihagurutse mu mujyi wo mu […]
Indege ya Air India yari igiye i Londres itwaye abantu 242 yakoze impanuka hashize iminota mike ihagurutse mu mujyi wo mu burengerazuba bw’u Buhinde wa […]
Umubare w’abahitanwe n’imyuzure yatewe n’imvura nyinshi ndetse n’urubura byibasiye Intara ya Eastern Cape muri Afurika y’Epfo guhera mu mpera z’icyumweru gishizje wageze ku bantu 49. […]
Nibura abantu icyenda nibo bimaze kumenyekana ko bishwe barasiwe mu ishuri ryisumbuye ryo mu mujyi wa Graz muri Autriche. Minisiteri y’umutekano mu gihugu yavuze ko […]
Komite Mpuzamahanga y’Umuryango utabara imbabare, Croix-Rouge (ICRC) yatangaje ko yahagaritse ibikorwa byayo muri Niger nyuma y’uko guverinoma y’iki gihugu cyo mu Burengerazuba bwa Afurika itegetse […]
Itsinda ry’abacanshuro b’Abarusiya, Wagrner ryavuze ku wa Gatanu ko rigiye kuva muri Mali, nyuma y’icyo ryise “irangira ry’ubutumwa nyamukuru” bwaryo muri icyo gihugu cyo muri […]
Kuri uyu wa mbere, Guverinoma n’ibitangazamakuru mu Buhinde byavuze ko byibuze abantu 34 bapfiriye mu karere ko mu majyaruguru y’iburasirazuba bw’iki gihugu nyuma y’umwuzure ukomeye […]
Guverinoma ya Nigeria yatangaje ko umubare w’abapfuye nyuma y’umwuzure ukomeye wibasiye umujyi wa Mokwa mu cyumweru gishize wiyongereye urenga 200. Abandi bantu bagera kuri 500 […]
Abafana babiri bapfuye abandi barenga 192 barakomereka bitewe n’imvurur yadutse ubwo aba bafana bishimiraga bikabije itsinzi y’ikipe ya Paris Saint-Germain (PSG), yaraye ikoze amateka yo […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS