• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

Ibiciro bya Kanama 2025 byagabanutseho 0.2% ugereranyije na Nyakanga -NISR

September 11, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda NISR cyatangaje ko igipimo cy’ibiciro ku masoko (CPI) ari nacyo gipimo cy’ingenzi gikoreshwa mu kugenzura izamuka ry’ibiciro (inflation), cyagabanutseho […]

Dore impamvu Ciara yakoranye indirimbo na Diamond Platnumz

September 10, 2025 Kabano Patrick 0

Mu kiganiro yagiranye Ringstone Africa Magazine umuririmbyi w’umunyamerika Ciara yagaragaje ishimwe rikomeye kuri Diamond Platnumz, nyuma yo gukorana nawe indirimbo ‘Low’, iri kuri album ye […]

Afurika y’Epfo: Abashinwa bafunzwe bazira gushimuta no gukoresha abantu ku gahato

September 10, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Abashinwa barindwi binjije Abanyamalawi mu buryo bunyuranyije n’amategeko muri Afurika y’Epfo bakabakoresha imirimo y’agahato, bakatiwe buri wese igifungo cy’imyaka 20. Aba bagabo bane n’abagore batatu […]

Rwamagana: Abikorera basabwe kongerera agaciro ibikorerwa mu Rwanda

September 10, 2025 Uwimana Damien Hodari 0

Ku wa 9 Nzeri 2025 ubwo hasozwaga,imurikagurisha rya 14 ry’Intara y’Iburasirazuba (Expo 2025), Guverineri Rubingisa Pudence yasabye abikorera gushyira imbaraga mu kongerera agaciro ibikorerwa mu […]

Nyagatare: Abana 1,587 bamaze gusubizwa mu ishuri

September 10, 2025 Uwimana Damien Hodari 0

Ubuyobozi bw’akarere ka Nyagatare buratangaza ko abana 1,587 muri 6,314 bari barataye ishuri ubu barisubijwemo kandi biga neza. Muri abo harimo 21 bo mu murenge […]

Amavubi yatsinze Zimbabwe, FERWAFA isezeranya abakinnyi agahimbazamusyi

September 10, 2025 ICK News 0

Ku wa Kabiri, tariki ya 9 Nzeri 2025, ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yacakiranye n’ikipe y’igihugu ya Zimbabwe.Byari mu mukino wa munani wo mu matsinda […]

Nyagatare: Ikibazo cy’amazi adahagije kiri gushakirwa umuti urambye – Visi meya Murekatete

September 9, 2025 Uwimana Damien Hodari 0

Abaturage batuye mu murenge wa Rwimiyaga ho mu karere ka Nyagatare baravuga ko babangamiwe n’ikibazo cyo kutagira amazi ndetse naho ari akaba ashobora kuza rimwe […]

U Bufaransa: Minisitiri w’intebe aregura ku buyobozi nyuma yo gutakarizwa ikizere na Sena

September 9, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa, François Bayrou, yatakarijweje icyizere n’Inteko Ishinga Amategeko, nyuma y’amasaha make aburiye ko igihugu gihanganye “n’umwenda ushobora guhungabanya ubuzima”, ibintu byarushijeho kongera […]

Iburasirazuba: Umwaka w’amashuri 2025-2026 watangirijwe i Kirehe

September 8, 2025 Uwimana Damien Hodari 0

Kuri uyu wa Mbere, nibwo mu Gihugu hose hatangiye umwaka w’amashuri wa 2025-2026. Ni muri urwo rwego, Umuyobozi w’Intara y’Iburasirazuba, Pudence Rubingisa, yifatanyije n’Ubuyobozi bw’Akarere […]

RIB yatangaje ko yafashe 26 bacyekwaho ubwambuzi bushukana binyuze kuri Telefone

September 8, 2025 Manishimwe Janvier 0

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB) ku bufatanye na Polisi y’igihugu n’izindi nzego, Kuri uyu wa mbere tariki ya 8 Nzeri 2025, yafashe abantu 26 bakekwaho ubujura […]

Posts pagination

« 1 … 68 69 70 … 222 »

AMAKURU MASHYA

  • Martin Ngoga yagaragaje uruhare rw’abayobozi mu gukumira imvugo z’urwango

    Uhagarariye u Rwanda muri Loni, Martin Ngoga, yavuze ko abayobozi bafite uruhare rukomeye mu gukumira imvugo z’urwango, ashimangira ko badakwiye gukoresha amacakubiri ashingiye ku ndangamuntu, […]

  • MINUBUMWE yasobanuye uko abarangije ibihano bya Jenoside bategurirwa gusubira mu miryango

    Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Mahoro Eric, yavuze ko abarangije ibihano ku byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi babanza gutegurwa no kuganirizwa mbere […]

  • Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi washyizeho ingamba zo kurinda abana imbuga nkoranyambaga

    Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) ku wa 17 Nzeri 2026 yatangaje gahunda nshya izwi nka ‘EU KIDS Act’, igamije gukaza ingamba zo kurinda abana […]

  • Kamonyi yashyizeho ingamba zo kugabanya igihe abaturage bamara bategereje serivisi z’ubutaka

    Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr. Nahayo Sylvère, yavuze ko ubwinshi bw’abaturage bakeneye serivisi z’ubutaka ari imwe mu mbogamizi Akarere gahura na zo, ariko ko hashyizweho […]

  • Maroc: Amashyaka ya politiki ahanganye no kwigarurira icyizere mu rubyiruko mbere y’amatora

    Amashyaka ya politiki muri Maroc ari gushyira imbaraga mu gushaka ko urubyiruko rwitabira amatora y’Abadepite ateganyijwe ku wa 23 Nzeri 2026, mu gihe hari impungenge […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS