• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

Huye irateganya kubaka ‘Car-Free Zone’

January 16, 2025 IGIRANEZA Rozine 0

Akarere ka Huye karateganya kubaka ahantu hatemerewe kunyura imodoka ‘Car-Free Zone’ kugira ngo bifashe abatuye Umujyi wa Huye kubona ahantu ho kuruhukira hisanzuye. Iki gikorwa […]

ICK yakiriye itsinda ryo muri Kaminuza yo mu Buhorandi haganirwa ku mikoranire

January 15, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Itsinda ryaturutse muri Kaminuza ya Saxion yo mu gihugu cy’u Burohorandi, riyobowe na Gerry Stegeman, barikumwe n’ikipe ya CC-JOB Rwanda, ryakoreye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu […]

U Rwanda, Paradizo ya ba mukerarugendo (Amafoto)

January 15, 2025 Umutesi Aline 0

Si rimwe, si kabiri uzumva u Rwanda rushyirwa ku ntonde z’ahantu heza ho gutemberera. N’ikimenyimenyi, kimwe mu byinjiriza u Rwanda agatubutse, ni ubukerarugendo. Iyo havuzwe […]

Iran yahakanye ibyo kugerageza kwica Trump

January 15, 2025 Kwihangana Joshua 0

Mu mwaka ushize ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamariza kuyobora Amerika, Donald Trump yarokotse ibitero bibiri byari bigamije kumwivugana. Kimwe cyabaye muri Nzeri ubwo yakinaga […]

Koreya y’Epfo: Perezida Yoon Suk Yeol yatawe muri yombi

January 15, 2025 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Perezida wegujwe muri Koreya y’Epfo, Yoon Suk Yeol, yatawe muri yombi ndetse kuri ubu arimo guhatwa ibibazo bijyanye n’itangazo rye ryo gushyiraho ibihe bidasanzwe ryatangajwe […]

Muhanga: MINUBUMWE yaganiriye n’Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi

January 15, 2025 Akimana Desange 0

Kuri uyu wa 14 Mutarama 2025, Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE) yagiranye ibiganiro n’ abakozi bo mu nzego z’ibanze n’abahagarariye imiryango irengera inyungu z’abarokotse […]

Icyakorwa ngo gatanya zigabanuke

January 14, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Uko imyaka igenda ishira, niko ubwiyongere bwa gatanya bugenda bufata indi ntera mu Rwanda. Ibi bigaragazwa na raporo zitandukanye. Nko muri 2016, uyu mubare wari […]

Esipanye irateganya gushyiraho umusoro w’amazu 100% ku batari abenegihugu

January 14, 2025 Kwihangana Joshua 0

Esipanye yatangaje gahunda yo gushyiraho umusoro ungana n’ 100% ku mazu agurwa n’abatari abanyagihugu, batanaturuka mu bihugu bigize Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi. Ubuyobozi bw’iki gihugu […]

Brazil yashyizeho itegeko rikumira telefoni mu mashuri abanza n’ayisumbuye

January 14, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 13 Mutarama 2025, Perezida wa Brazil, Luiz Inácio Lula da Silva, yashyize umukono ku itegeko rikumira ikoreshwa rya telefoni […]

Amahoro hagati ya Isiraheli na Hamas ashobora kuboneka vuba

January 14, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yavuze ko ubuyobozi bwe buri hafi gushyira umukono ku masezerano yo guhagarika imirwano hagati ya Isiraheli […]

Posts pagination

« 1 … 148 149 150 … 222 »

AMAKURU MASHYA

  • Martin Ngoga yagaragaje uruhare rw’abayobozi mu gukumira imvugo z’urwango

    Uhagarariye u Rwanda muri Loni, Martin Ngoga, yavuze ko abayobozi bafite uruhare rukomeye mu gukumira imvugo z’urwango, ashimangira ko badakwiye gukoresha amacakubiri ashingiye ku ndangamuntu, […]

  • MINUBUMWE yasobanuye uko abarangije ibihano bya Jenoside bategurirwa gusubira mu miryango

    Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Mahoro Eric, yavuze ko abarangije ibihano ku byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi babanza gutegurwa no kuganirizwa mbere […]

  • Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi washyizeho ingamba zo kurinda abana imbuga nkoranyambaga

    Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) ku wa 17 Nzeri 2026 yatangaje gahunda nshya izwi nka ‘EU KIDS Act’, igamije gukaza ingamba zo kurinda abana […]

  • Kamonyi yashyizeho ingamba zo kugabanya igihe abaturage bamara bategereje serivisi z’ubutaka

    Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr. Nahayo Sylvère, yavuze ko ubwinshi bw’abaturage bakeneye serivisi z’ubutaka ari imwe mu mbogamizi Akarere gahura na zo, ariko ko hashyizweho […]

  • Maroc: Amashyaka ya politiki ahanganye no kwigarurira icyizere mu rubyiruko mbere y’amatora

    Amashyaka ya politiki muri Maroc ari gushyira imbaraga mu gushaka ko urubyiruko rwitabira amatora y’Abadepite ateganyijwe ku wa 23 Nzeri 2026, mu gihe hari impungenge […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS