• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

U Rwanda, Paradizo ya ba mukerarugendo (Amafoto)

January 15, 2025 Umutesi Aline 0

Si rimwe, si kabiri uzumva u Rwanda rushyirwa ku ntonde z’ahantu heza ho gutemberera. N’ikimenyimenyi, kimwe mu byinjiriza u Rwanda agatubutse, ni ubukerarugendo. Iyo havuzwe […]

Iran yahakanye ibyo kugerageza kwica Trump

January 15, 2025 Kwihangana Joshua 0

Mu mwaka ushize ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamariza kuyobora Amerika, Donald Trump yarokotse ibitero bibiri byari bigamije kumwivugana. Kimwe cyabaye muri Nzeri ubwo yakinaga […]

Koreya y’Epfo: Perezida Yoon Suk Yeol yatawe muri yombi

January 15, 2025 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Perezida wegujwe muri Koreya y’Epfo, Yoon Suk Yeol, yatawe muri yombi ndetse kuri ubu arimo guhatwa ibibazo bijyanye n’itangazo rye ryo gushyiraho ibihe bidasanzwe ryatangajwe […]

Muhanga: MINUBUMWE yaganiriye n’Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi

January 15, 2025 Akimana Desange 0

Kuri uyu wa 14 Mutarama 2025, Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE) yagiranye ibiganiro n’ abakozi bo mu nzego z’ibanze n’abahagarariye imiryango irengera inyungu z’abarokotse […]

Icyakorwa ngo gatanya zigabanuke

January 14, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Uko imyaka igenda ishira, niko ubwiyongere bwa gatanya bugenda bufata indi ntera mu Rwanda. Ibi bigaragazwa na raporo zitandukanye. Nko muri 2016, uyu mubare wari […]

Esipanye irateganya gushyiraho umusoro w’amazu 100% ku batari abenegihugu

January 14, 2025 Kwihangana Joshua 0

Esipanye yatangaje gahunda yo gushyiraho umusoro ungana n’ 100% ku mazu agurwa n’abatari abanyagihugu, batanaturuka mu bihugu bigize Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi. Ubuyobozi bw’iki gihugu […]

Brazil yashyizeho itegeko rikumira telefoni mu mashuri abanza n’ayisumbuye

January 14, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 13 Mutarama 2025, Perezida wa Brazil, Luiz Inácio Lula da Silva, yashyize umukono ku itegeko rikumira ikoreshwa rya telefoni […]

Amahoro hagati ya Isiraheli na Hamas ashobora kuboneka vuba

January 14, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yavuze ko ubuyobozi bwe buri hafi gushyira umukono ku masezerano yo guhagarika imirwano hagati ya Isiraheli […]

Ubuharike ni umwanzi w’iterambere-Mayor Nzabonimpa

January 14, 2025 Ishimwe Honore 0

Umuyobozi w’Akarereka Gicumbi, Nzabonimpa Emmanuel, arasaba urubyiruko kugira uruhare mu kurwanya ubuharike nka kimwe mu bibazo bikibangamiye imibereho myiza y’abaturage ba Gicumbi, by’umwihariko mu Murenge […]

Minisitiri Dr. Bizimana yasabye ababyeyi gushyigikira gahunda y’urugerero

January 14, 2025 Muvunankiko Valens 0

Kuri uyu mbere taliki 13 Mutarama 2025 Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano mboneragihugu Dr Jean Damascene Bizimana ari kumwe na Guverineri w’Intara y’Amajyepfo ndetse n’abandi bayobozi […]

Posts pagination

« 1 … 135 136 137 … 209 »

AMAKURU MASHYA

  • CG Namuhoranye yasabye abapolisi bagiye mu butumwa bw’amahoro muri Santarafurika guhesha ishema u Rwanda

    Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 13 Nyakanga 2026, Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CG Felix Namuhoranye, yahaye impanuro itsinda ry’abapolisi bitegura kujya mu […]

  • Gisagara: Hamenwe ritiro 3,000 z’inzoga zitujuje ubuziranenge

    Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo, ku bufatanye n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze n’abaturage, yamennye litiro zirenga 3,000 z’inzoga z’inkorano zizwi nka “Nyirantare”, zari zafatiwe mu […]

  • Kigali: Abamotari n’abagenzi ntibavuga rumwe ku biciro by’ingendo

    Abatega moto zitwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali bagaragaza ko bahangayikishijwe n’izamuka ry’ibiciro by’ingendo. Bavuga ko amafaranga bishyura yiyongereye ku buryo hari ingendo zimwe na […]

  • Nyamagabe: Inzego z’ubuyobozi n’umutekano zasabye abaturage gufatanya mu kurwanya ibyaha

    Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo bufatanyije n’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Polisi y’Igihugu n’izindi nzego, bwakanguriye abaturage bo mu Karere ka Nyamagabe kurushaho kugira uruhare mu gukumira ibyaha, […]

  • Perezida Kagame yasabye ko Afurika igira uruhare rugaragara mu iterambere rya AI

    Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko Afurika ikwiye kugira uruhare rukomeye mu iterambere ry’Ikoranabuhanga ry’Ubwenge Buhangano (Artificial Intelligence – AI), agaragaza ko […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS