U Buhinde: Ibibuga by’indege 32 byongeye gukora nyuma y’agahenge
Ikigo gishinzwe iby’indege mu Buhinde (AAI) cyatangaje kuri uyu wa Mbere ko ibibuga by’indege 32 biherereye mu majyaruguru no mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bw’u Buhinde […]
Ikigo gishinzwe iby’indege mu Buhinde (AAI) cyatangaje kuri uyu wa Mbere ko ibibuga by’indege 32 biherereye mu majyaruguru no mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bw’u Buhinde […]
Ubuyobozi mu ntara ya Kivu y’Epfo bwatangaje ko umwuzure ukomeye wibasiye uduce twinshi twegereye umugezi wa Kasaba uherereye muri teretwari ya Fizi muri Repuburika Iharanira […]
Mu isengesho rye rya mbere rya Regina Coeli (Umwamikazi w’Ijuru), Papa Leo wa XIV yatanze ubutumwa bukomeye busaba ihagarikwa ry’intambara zikomeje mu bice bitandukanye by’isi, […]
Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 10 Gicurasi 2025, Pakistan n’Ubuhinde byatangaje ko byemeranyije guhagarika imirwano byari bimazemo iminsi, nyuma y’ubwiyongere n’ubushyamirane bwari bumaze guhitana […]
Perezida w’inzibacyuho wa Mali, Jenerali Assimi Goita yasinye itegeko rihagarika ibikorwa byose bya politiki mu gihugu igihe kitazwi ku wa Gatatu ku mpamvu zo kurinda […]
Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (Pentagon) cyatangiye gukura mu ngabo abasirikare 1,000 biyemerera ko bihinduje igitsina Ni mu gihe ku rundi ruhande abatarigaragaza […]
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane, tariki ya 8 Gicurasi 2025, Kardinali Robert Francis Prevost yatorewe kuba Papa wa 267, ahitamo gukoresha izina rya […]
Umwuka w’ubushyamirane hagati y’u Buhinde na Pakistan ukomeje gufata indi ntera kuko Pakistani yatangaje ko iteganya kwihorera nyuma y’ibitero bishya by’u Buhinde. Nk’uko bitangwazwa na […]
Abategetsi ba Libiya batangaje kuri uyu wa Gatatu ko nta masezerano namwe bigeze bagirana na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ajyanye no kwakira abimukira badafite […]
Afite imyaka 37 gusa, Kapiteni mu ngabo za Burkina Faso, igihugu gito cyo muri Afurika y’Uburengerazuba, yirukanye ingabo z’amahanga ku butaka bwe, asubiza igihugu cye […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS