Tanzaniya: Perezida yazamuye umushahara fatizo ku kigero cya 35.1%
Perezida wa Tanzaniya, Samia Suluhu Hassan yatangaje ko umushahara fatizo ku bakozi ba Leta yawuzamuyeho 35.1%, ugera ku mashilingi ibihumbi 500. Perezida Hassan yabitangaje kuri […]
Perezida wa Tanzaniya, Samia Suluhu Hassan yatangaje ko umushahara fatizo ku bakozi ba Leta yawuzamuyeho 35.1%, ugera ku mashilingi ibihumbi 500. Perezida Hassan yabitangaje kuri […]
Umuyobozi w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS), Dr. Tedros Adhanom Ghebreyesus, yaburiye Isi ko ubuzima bw’abayituye buri mu byago bikomeye bitewe no kugabanuka kw’inkunga […]
Ibiro bya Perezida wa Afurika y’Epfo byatangaje kuri uyu wa Gatatu tariki ya 30 Mata 2025 ko Perezida Cyril Ramaphosa agiye gushyiraho Komisiyo y’Iperereza ry’ubucamanza […]
Umudepite wo muri Kenya witwa Charles Ong’ondo Were yishwe arasiwe mu muhanda wo mu murwa mukuru Nairobi n’abagizi ba nabi bari kuri moto mu joro […]
Abantu batatu bishwe barashwe kuri uyu wa Kabiri tariki ya 29 Mata 2029 mu mujyi wa Uppsala muri Suwede, kandi hatabwa muri yombi umuntu w’imyaka […]
Umutwe w’aba- Houthi wo muri Yemeni wavuze ko igitero cy’indege za Leta Zunze Ubumwe za Amerika yagabye ku kigo cyakira Abimukira giherereye mu majyaruguru ashyira […]
Kuri uyu wa mbere, Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko u Burusiya buzahagarika imirwano muri Ukraine mu gihe cy’iminsi itatu kugira ngo bihurirane n’umunsi […]
Vatikani yatangaje ko mu kwezi gutaha, Abakaridinali bazateranira mu mwiherero udasanzwe (Conclave) kugira ngo batore Papa mushya. Uyu mwiherero uzatangira ku wa 7 Gicurasi muri […]
Kuri uyu wa mbere tariki ya 28 Mata 2025, Koreya ya Ruguru yemeje ku nshuro ya mbere ko yohereje abasirikare ibihumbi, toni nyinshi z’amasasu bigamije […]
Amateka ya Kiliziya Gatolika agaragaza ko mu Bapapa 266 bamaze kuyobora Kiliziya harimo batatu bakomokaga muri Afurika. Abo Bapapa bakomokaga muri Afurika ya ruguru, igice […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS