• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

MU MAHANGA

Ibyo wamenya ku gikomangoma Al-waleed, Umuherwe umaze imyaka 20 muri Koma

April 27, 2025 Philos Muhire 0

Igikomangoma Al-Waleed bin Khaled bin Talal Al Saud, wo muri Arabia Saudite, amaze imyaka irenga 20 ari mu koma nyuma y’impanuka y’imodoka yabaye mu 2005 […]

Tanzania yakuyeho icyemezo cyo guhagarika ibicuruzwa byaturukaga muri Afurika y’Epfo na Malawi

April 26, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 25 Mata 2025, Tanzania yakuyemo icyemezo cyo guhagarika ibicuruzwa bikomoka ku buhinzi byaturukaga muri Malawi na […]

Ikirere cyari cyafunzwe: Abantu 250,000 basezeye Papa Fransisiko

April 26, 2025 Philos Muhire 0

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 26 Mata 2025, abantu ibihumbi amagana bateraniye mu Mbuga ya Mutagatifu Petero i Vatikani, mu muhango wo gusezera bwa […]

Ibyo wamenya kuri Bazilika ‘Santa Maria Maggiore’ ishyingurwamo Papa Fransikiko

April 26, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Kuri uyu wa Gatandatu, amaso yose yahanzwe i Vatikani mu muhango wo gusezera bwa nyuma no gushyingura Papa Fransisiko witabye Imana ku wa Mbere wa […]

Menya abanyacyubahiro bari bwitabire umuhango wo gushyingura Papa Fransisiko

April 25, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Ejo ku wa Gatandatu, tariki ya 26 Mata 2025 nibwo biteganyijwe ko Nyakwigendera Papa Fransisiko azasezerwaho bwa nyuma ndetse anashyingurwe. Ni umuhango biteganyijwe ko uzabebanzirizwa […]

Umunyeshuri yishe mugenzi we, akomeretsa abandi batatu mu ishuri ryo mu Bufaransa

April 25, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Umuhungu w’imyaka 15 yishe umunyeshuri mugenzi we w’umukobwa anakomeretsa abandi batatu akoresheje icyuma mu ishuri ryisumbuye riherereye mu mujyi wa Nantes mu Burengerazuba bw’u Bufaransa […]

Tanzania yahagaritse ibicuruzwa bikomoka ku buhinzi bituruka muri Afurika y’Epfo na Malawi

April 24, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Guverinoma ya Tanzania yafashe umwanzuro wo guhagarika itumizwa ry’ibicuruzwa byose bikomoka ku buhinzi bituruka muri Afurika y’Epfo no muri Malawi, bitewe n’uko ibyo bihugu byombi […]

‘Trump Akunda Afurika’- Massad Boulos

April 24, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Umujyanama mukuru wa Perezida Trump ku bibazo bya Afurika Massad Boulos yatangaje ko perezida Trump wa Leta zunze ubumwe za Amerika aha agaciro uyu mugabane, […]

Menya icyo Itegeko Nshinga rya Vatikani riteganya ku bikurikira urupfu rwa Papa

April 23, 2025 Philos Muhire 0

Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 23 nibwo umubiri wa Papa Fransisiko wagejejwe muri Bazilika ya Mutagatifu Petero kugira ngo abakristu banyuranye bakomeze kuwusezeraho ku […]

U Buhinde: Kashmir Resistance yigambye igitero cyahitanye abantu 26

April 23, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa Gatatu, Polisi yo mu gihugu cy’Ubuhinde yatangaje ko  abantu 26  bahitanywe n’igitero cy’abarwanyi bitwaje intwaro abandi 17 barakomereka. Abaguye muri iki gitero […]

Posts pagination

« 1 … 38 39 40 … 77 »

AMAKURU MASHYA

  • Chorale Saint Pierre Gitarama yateguye igitaramo “Summer Harmony Concert” cyo gususurutsa abakunzi bayo

    Mu rwego rwo gukomeza ivugabutumwa binyuze mu ndirimbo no gusangira ibyishimo n’abakunzi bayo, Chorale Saint Pierre Gitarama iri gutegura igitaramo cyiswe “Summer Harmony Concert”, kizaba […]

  • Abiga muri TTC bazajya biga imyaka itanu: Ibikubiye mu mpinduka MINEDUC yatangaje

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS