DRC: Abarenga 100 bahitanwe n’umwuzure
Ubuyobozi mu ntara ya Kivu y’Epfo bwatangaje ko umwuzure ukomeye wibasiye uduce twinshi twegereye umugezi wa Kasaba uherereye muri teretwari ya Fizi muri Repuburika Iharanira […]
Ubuyobozi mu ntara ya Kivu y’Epfo bwatangaje ko umwuzure ukomeye wibasiye uduce twinshi twegereye umugezi wa Kasaba uherereye muri teretwari ya Fizi muri Repuburika Iharanira […]
Mu isengesho rye rya mbere rya Regina Coeli (Umwamikazi w’Ijuru), Papa Leo wa XIV yatanze ubutumwa bukomeye busaba ihagarikwa ry’intambara zikomeje mu bice bitandukanye by’isi, […]
Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 10 Gicurasi 2025, Pakistan n’Ubuhinde byatangaje ko byemeranyije guhagarika imirwano byari bimazemo iminsi, nyuma y’ubwiyongere n’ubushyamirane bwari bumaze guhitana […]
Perezida w’inzibacyuho wa Mali, Jenerali Assimi Goita yasinye itegeko rihagarika ibikorwa byose bya politiki mu gihugu igihe kitazwi ku wa Gatatu ku mpamvu zo kurinda […]
Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (Pentagon) cyatangiye gukura mu ngabo abasirikare 1,000 biyemerera ko bihinduje igitsina Ni mu gihe ku rundi ruhande abatarigaragaza […]
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane, tariki ya 8 Gicurasi 2025, Kardinali Robert Francis Prevost yatorewe kuba Papa wa 267, ahitamo gukoresha izina rya […]
Umwuka w’ubushyamirane hagati y’u Buhinde na Pakistan ukomeje gufata indi ntera kuko Pakistani yatangaje ko iteganya kwihorera nyuma y’ibitero bishya by’u Buhinde. Nk’uko bitangwazwa na […]
Abategetsi ba Libiya batangaje kuri uyu wa Gatatu ko nta masezerano namwe bigeze bagirana na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ajyanye no kwakira abimukira badafite […]
Afite imyaka 37 gusa, Kapiteni mu ngabo za Burkina Faso, igihugu gito cyo muri Afurika y’Uburengerazuba, yirukanye ingabo z’amahanga ku butaka bwe, asubiza igihugu cye […]
Leta ya Sudani yahagaritse umubano wa dipolomasi na Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE), nyuma yo gushinja kenshi iki gihugu cyo mu burasirazuba bwo hagati gushyigikira […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS