• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

MU RWANDA

Over 255,000 Candidates Ready for 2025 Secondary Exams

July 7, 2025 Philos Muhire 0

Kigali, July 7, 2025 — The Ministry of Education has announced that the 2024/2025 Secondary National Examinations will officially begin on Wednesday, July 9, 2025. […]

U Rwanda rugendera ku mahitamo yarwo – Perezida Kagame

July 5, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yagaragaje ko u Rwanda rutagendera ku mategeko y’amahanga ahubwo ko ruyoborwa n’amahitamo yarwo hashingiwe ku nyungu z’abaturage n’indangagaciro […]

Umwe muri 6 ahanganye n’ikibazo cyo kwigunga

July 5, 2025 Philos Muhire 0

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ryasohoye raporo nshya y’akanama gashinzwe ibijyanye n’ubusabane, yerekana ko umuntu 1 muri 6 ku isi yose ahangayikishwa n’ingaruka […]

Ahazaza Independent School irishimira umusaruro wayo muri 2024-2025

July 3, 2025 Philos Muhire 0

Ishuri ‘Ahazaza Independent School’ riherereye mu Karere ka Muhanga ririshimira umusaruro waryo mu mwaka w’amashuri 2024-2025, by’umwihariko muri Progaramu mpuzamahanga ya Cambridge. Ibirori byo kwishimira […]

Kabgayi: Abavura indwara z’amaso bungutse ubumenyi bwo kuvura ‘Glaucoma’

July 2, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 1 Nyakanga 2025, abavura indwara z’amaso bongerewe ubumenyi mu gusuzuma no kuvura neza indwara ya ‘Glaucoma’ iterwa n’umuvuduko w’amazi […]

01 Nyakanga 1962: Bamwe mu Banyarwanda bavuga ko batabonye icyo bashakaga by’ukuri

July 1, 2025 ICK News 0

Tariki ya 1 Nyakanga 1962, u Rwanda rwabonye ubwigenge, ariko kugeza uyu munsi, impaka ziracyari zose ku cyo iryo jambo rivuze. Akenshi, abavuga ubwigenge bw’u […]

Minisiteri y’Umutekano yashyize ahagaragara ibirebana n’itegeko rigenga imbunda zitica

July 1, 2025 Philos Muhire 0

Mu rwego rwo kurushaho kwimakaza umutekano rusange imbere mu gihugu no kunoza imikoreshereze y’intwaro zidahitana ubuzima, Minisiteri y’Umutekano yashyize hanze amabwiriza mashya agenga itumizwa, igurishwa, […]

WASAC irasabwa kuvugurura uburyo bwo kwishyura amazi

June 30, 2025 ICK News 0

Ikigo cy’igihugu gishinzwe amazi, isuku n’isukura, WASAC, kigira intero igira iti; ‘Amazi ni ubuzima’. Ibi bivuze ko amazi ari ikintu cy’ingenzi mu buzi bwa buri […]

Kwibohora 31: Ingabo za EAC zigiye kuvura Abanyarwanda ku buntu

June 27, 2025 Philos Muhire 0

Minisiteri y’Ingabo z’u Rwanda yatangaje ko u Rwanda rugiye kwakira itsinda ry’ingabo zo mu bihugu bigize umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba zizaza mu bikorwa by’iterambere ry’abaturage […]

Urubyiruko rwiganje mu bakoresha bakanacuruza ibiyobyabwenge

June 27, 2025 Manishimwe Janvier 0

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga, yatangaje ko ikibazo cy’ibiyobyabwenge gikomeje gufata indi ntera, cyane cyane mu rubyiruko, aho kigaragara mu byiciro byose […]

Posts pagination

« 1 … 57 58 59 … 127 »

AMAKURU MASHYA

  • Ubukungu bw’u Rwanda bwazamutseho 9.4% mu gihembwe cya kabiri cya 2026

    Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, cyatangaje ko Umusaruro Mbumbe w’u Rwanda (GDP) wazamutseho 9.4% mu gihembwe cya kabiri cy’umwaka wa 2026, ugereranyije n’igihembwe nk’icyo mu 2025, […]

  • U Bushinwa bwakajije amabwiriza ku baturage bajya mu mahanga

    Ubushinwa bwakajije igenzura ku ngendo z’abaturage bajya mu mahanga, nyuma y’uko hatangiye gukurikizwa amategeko mashya agenga gusohoka no kwinjira mu gihugu. Aya mategeko aha inzego […]

  • Minisiteri y’Ubuzima yatangaje icyuho mu bakozi gituma serivisi zimwe zitanozwa neza

    Minisiteri y’Ubuzima yavuze ko ubuke bw’abaganga ari kimwe mu bibazo bituma serivisi zitangirwa ku rwego rw’ubuvuzi bw’ibanze zitaragera ku rwego rwifuzwa, kuko hari abakozi basabwa […]

  • Muhanga: Barashishikariza abandi gutinyuka imyuga ngo bagire uruhare mu iterambere

    Bamwe mu bagore bakora imyuga itandukanye mu mujyi wa Muhanga bavuga ko nyuma yo gukura amaboko mu mufuka bakwitabira imyuga itandukanye, babyabateje imbere bityo bagashishikariza abandi kuyitinyuka kugira ngo bagire uruhare […]

  • Papa Leo yasabye abatuye isi kudacogora mu gushaka amahoro

    Papa Leo XIV yasabye abatuye isi gukomeza umuhate wo guharanira amahoro, kandi bagasenga kugira ngo amakimbirane n’urugomo bikomeje kwibasira ibice bitandukanye by’isi bihagarare. Ibi yabitangaje […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS