Abaganga b’amaso bongerewe ubumenyi mu kubaga indwara ya Glaucoma
Indwara ya Glaucoma ikomeje kuza ku isonga mu ziteza ubuhumyi bwa burundu muri Afurika, aho abarwayi benshi bayimenya baramaze kuremba bikabije, maze ubushobozi bwo kuvura […]
Indwara ya Glaucoma ikomeje kuza ku isonga mu ziteza ubuhumyi bwa burundu muri Afurika, aho abarwayi benshi bayimenya baramaze kuremba bikabije, maze ubushobozi bwo kuvura […]
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Nyaruguru, by’umwihariko mu Murenge wa Kibeho, bakomeje kwishimira iterambere bamaze kugeraho kubera ingendo nyobokamana zikorerwa ku butaka butagatifu […]
Abaturage bo mu murenge wa Kibangu, akagali ka Mubuga, umudugudu wa Nyaruvumu ho mu karere ka Muhanga baravuga ko babangamiwe no kutagira umuriro w’amashanyarazi, bigatuma […]
Bamwe mu banyeshuri biga mu Ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) by’umwihariko abagize itsinda ryo kurengera ibidukikije bibukijwe ko bakwiriye kurushaho gutanga umusanzu mu kurengera […]
Mu gihe habura iminsi mike ngo Inama y’Ihuriro ry’Inama z’Abepiskopi Gatolika muri Afurika na Madagascar (SECAM) iteranire i Kigali, Antoine Karidinali Kambanda, Arkiyepiskopi wa Kigali […]
Guverinoma y’u Rwanda iri gushyira mu bikorwa umushinga witwa ‘Digital Acceleration Project’ ufite agaciro ka miliyari 280 Frw ($200), uterwa inkunga na Banki y’Isi. Intego […]
Umuti wa mbere wa malariya wagenewe impinja zikivuka n’abana bakiri bato witwa Coartem Baby wemejwe na Swissmedic, ikigo cy’ubugenzuzi bw’imiti cy’Ubusuwisi. Biteganyijwe ko uzatangira gukoreshwa […]
Kigali, July 7, 2025 — The Ministry of Education has announced that the 2024/2025 Secondary National Examinations will officially begin on Wednesday, July 9, 2025. […]
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yagaragaje ko u Rwanda rutagendera ku mategeko y’amahanga ahubwo ko ruyoborwa n’amahitamo yarwo hashingiwe ku nyungu z’abaturage n’indangagaciro […]
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ryasohoye raporo nshya y’akanama gashinzwe ibijyanye n’ubusabane, yerekana ko umuntu 1 muri 6 ku isi yose ahangayikishwa n’ingaruka […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS