Muhanga: Meya Kayitare yasabye abagifata nabi abafite ubumuga kubicikaho
Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga, Kayitare Jacqueline, yasabye abagifata nabi abantu bafite ibumuga kubicikaho, ndetse abibutsa ko bihanirwa n’amategeko. Yabigarutseho ku wa 3 Ukoboza 2025, ubwo […]
