• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

MU RWANDA

Ni muntu ki? Ibyo wamenya kuri Dr. Ngirente, Minisitiri w’Intebe

August 18, 2024 IKUNDABAYO Pauline 0

Ku wa Gatatu w’iki cyumweru, tariki ya 14 Kanama 2024, Dr. Edouard Ngirente yarahiriye kongera kuba Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda nyuma yo gusoza imyaka irindwi […]

Kamonyi: Barashima gahunda ya Twigire mu mikino Rwanda

August 17, 2024 Muvunankiko Valens 0

Bamwe mu babyeyi bo mu Murenge wa Kayenzi ho mu karere ka Kamonyi, barishimira impinduka nziza zikomeje kugaragara ku bana babo biturutse kuri gahunda ya […]

Byinshi wamenya ku ndwara y’Ubushita yamaze gushyirwa mu zihangayikishije isi

August 16, 2024 Umutesi Aline 0

Ishami ry’umuryango w’Abibumbye wita ku Buzima (WHO) ryamaze gushyira indwara y’Ubushita bw’inkende mu zihangayikishije isi. Nk’uko byatangajwe n’Umuyobozi wa WHO, Dr. Tedros Adhanom Ghebreyesus kuba […]

Kutagira umuriro n’abawufite ukaba muke bibangamiye abatuye muri tumwe mu duce twa Gicumbi

August 16, 2024 Muhire Obed 0

Abaturage bo mu dusanteri twa Rwambariro na Gasiza, mu Murenge wa Byumba ho mu Karere ka Gicumbi barasaba kwegerezwa umuriro w’amashanyarazi kuko bakora urugendo rurerure […]

Kibeho si iya Gikongoro gusa-Musenyeri Selesitini HAKIZIMANA

August 16, 2024 Umutesi Aline 0

Mu birori byo guhimbaza Umunsi mukuru wa Asomusiyo i Kibeho kuri uyu wa Kane tariki 15 Kanama 2024, Musenyeri Selestini HAKIZIMANA, Umwepiskopi wa Diyosezi ya […]

APR BBC na Patriots BBC: Umukino w’ishiraniro kandi usobanuye byinshi muri Shampiyona

August 16, 2024 NIYONKURU Cedric 0

Abakunzi benshi b’umukino w’amaboko wa basketball bategerezanyije amatsiko umukino ukomeye uri buhuze APR BBC na Patriots BBC kuko ariwo uri bugene uwicara ku mwanya wa […]

RALGA ikomeje gahunda yo kuzamura umubare w’abagore bakora mu nzego z’ibanze

August 14, 2024 Umutesi Aline 0

Mu rwego rwo gukomeza kuziba icyuho kikigaragara mu nzego z’ibanze aho 30% y’abagore itaragerwaho, Ishyirahamwe rihuza Inzego z’ibanze n’Umujyi wa Kigali (RALGA) ryakiriye abakobwa n’abagore bamaze […]

Tugomba kubanza gutekereza Abanyarwanda-Perezida Kagame abwira abarahiriye imirimo mishya

August 14, 2024 Kwihangana Joshua 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yasabye abayobozi bashya kwibuka ko ibyo bakora byose bakwiye kubanza gukorera Abanyarwanda mbere yo gutekereza ku nyungu zabo […]

Minisitiri w’Intebe n’Abadepite barahiriye imirimo mishya

August 14, 2024 Muvunankiko Valens 0

Nyuma y’uko ku mugoroba wa tariki ya 13 Kanama 2024, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame agize Dr.  Edouard Ngirente Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, […]

Kamonyi: Bahangayikishijwe n’umwijima uri mu nzira igana ku isoko rya Mushimba

August 14, 2024 Muvunankiko Valens 0

Abacuruzi n’abarema isoko ry’imboga n’imbuto rya Mushimba barasaba ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi gucanira umuhanda ugana ku isoko kugira ngo ubujura bakorerwa bugabanuke. Bamwe mu baganiriye […]

Posts pagination

« 1 … 106 107 108 … 121 »

AMAKURU MASHYA

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

  • Bugesera: Imbuto Foundation yatangije ‘Imbuto Hub’ igamije guteza imbere imibereho y’imiryango

    Umuryango Imbuto Foundation watangije ku mugaragaro gahunda ya ‘Imbuto Hubs’, igamije kwegereza abaturage serivisi zifasha abana, urubyiruko n’imiryango muri rusange kuzamura imibereho myiza no kwihutisha […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS