Kibeho si iya Gikongoro gusa-Musenyeri Selesitini HAKIZIMANA
Mu birori byo guhimbaza Umunsi mukuru wa Asomusiyo i Kibeho kuri uyu wa Kane tariki 15 Kanama 2024, Musenyeri Selestini HAKIZIMANA, Umwepiskopi wa Diyosezi ya […]
Mu birori byo guhimbaza Umunsi mukuru wa Asomusiyo i Kibeho kuri uyu wa Kane tariki 15 Kanama 2024, Musenyeri Selestini HAKIZIMANA, Umwepiskopi wa Diyosezi ya […]
Mu rwego rwo gukomeza kuziba icyuho kikigaragara mu nzego z’ibanze aho 30% y’abagore itaragerwaho, Ishyirahamwe rihuza Inzego z’ibanze n’Umujyi wa Kigali (RALGA) ryakiriye abakobwa n’abagore bamaze […]
Abacuruzi n’abarema isoko ry’imboga n’imbuto rya Mushimba barasaba ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi gucanira umuhanda ugana ku isoko kugira ngo ubujura bakorerwa bugabanuke. Bamwe mu baganiriye […]
Mu rwego rwo gukemura ikibazo cy’amazi adahagije mu burasirazuba bw’u Rwanda, mu Karere ka Gatsibo, Umurenge wa Murambi hafi y’ikiyaga cya Muhazi hari kubakwa uruganda […]
Abatuye mu Kagari ka Gasharu ho mu Murenge wa Byumba, Akarere ka Gicumbi barasaba ko bakwegerezwa amazi kuko ayo bakoresha ari mabi kandi akaba abatera […]
Bamwe mubatuye mu Karere ka Ruhango bakora ububoshyi, ubuvumvu, ubugeni n’ubukorikori barishimira urwego bamaze kugeraho mu kunoza no gukora ibikorwa byabo kuva aho batangiriye gukorana […]
Inteko Ishinga Amategeko ya IRAQ yatoye itegeko ryo kugabanya imyaka yo gushyingirwa ku bakobwa ikava kuri 18 ikagera ku myaka 9, ni ibintu byateje impaka […]
Kutivuriza uburwayi bw’amaso igihe ni kimwe mu bihangayikishije kuko biri mu biri kongera umubare w’abantu bafite ubumuga bwo kutabona. Nk’uko bigaragazwa na raporo y’Ishami ry’Umuryango […]
Kuva kuri uyu wa Mbere, Abakozi b’Urubuga ‘Irembo’ bari mu bukangurambaga bwa “Byikorere” mu mirenge itandukanye igize Akarere ka Kirehe, aho bari guhugura abaturage kuri […]
Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 6 Kanama 2024, Urubyiruko rusaga 800 ruturutse muri Paruwasi 31 zigize Diyosezi ya Kabgayi rwatangiye ihuriro rizamara iminsi itanu […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS