Menya ibikubiye muri gahunda ya Leta y’imyaka itanu iri imbere ‘NST 2’
Tariki ya 23 Kanama 2024 nibwo Inama y’Abaminisitiri yemeje icyiciro cya kabiri cya Gahunda y’igihugu yo kwihutisha iterambere (NST2) mu myaka itanu iri imbere. Iyi […]
Tariki ya 23 Kanama 2024 nibwo Inama y’Abaminisitiri yemeje icyiciro cya kabiri cya Gahunda y’igihugu yo kwihutisha iterambere (NST2) mu myaka itanu iri imbere. Iyi […]
Bamwe mu bakorera ubuhinzi bw’imboga mu gishanga cya Gasharu n’icya Gashirwe biri mu Murenge wa Byumba wo mu Karere ka Gicumbi baravuga ko bakomeje kurumbya […]
Nubwo u Rwanda ruri mu bihugu bigerageza kugabanya ikigero cya ruswa mu itangwa rya servisi, hari bamwe mu baturage basanga bikigoye kuba yacika cyane cyane […]
Kenshi uzumva abantu muri iki gihe bavuga bati umuvuduko wazamutse gusa wamureba ukabona ni umuntu ukomeye ku buryo utamukekeraho kuba arwaye. Ibyo nibyo byatumye umunyamakuru […]
Nubwo gereza nyinshi zivugwamo ibibazo byo gufata nabi abagororwa ndetse n’ubuzima bugoye, hari gereza zitandukanye ku isi zizwiho gufata neza abazifungiwemo ku buryo hari n’abadatinya […]
Kuva kuri uyu wa Mbere, tariki ya 19 Kanama 2024, ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi bwatangiye igenzura ry’isuku ku nyubako za Leta n’izindi zihuriramo abantu benshi. […]
Mu gihe urubyiruko hirya no hino ruri muri gahunda y’intore mu biruhuko, bamwe mu bitabiriye iyi gahunda mu myaka ishize bavuga ko ari ingirakamaro cyane […]
Bamwe mu babyeyi bo mu Murenge wa Kayenzi ho mu karere ka Kamonyi, barishimira impinduka nziza zikomeje kugaragara ku bana babo biturutse kuri gahunda ya […]
Ishami ry’umuryango w’Abibumbye wita ku Buzima (WHO) ryamaze gushyira indwara y’Ubushita bw’inkende mu zihangayikishije isi. Nk’uko byatangajwe n’Umuyobozi wa WHO, Dr. Tedros Adhanom Ghebreyesus kuba […]
Abaturage bo mu dusanteri twa Rwambariro na Gasiza, mu Murenge wa Byumba ho mu Karere ka Gicumbi barasaba kwegerezwa umuriro w’amashanyarazi kuko bakora urugendo rurerure […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS