• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

AGEZWEHO

Umuhanzi Kidumu Kibido agarutse gususurutsa abakunzi be i Kigali

February 14, 2025 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Kidumu Kibido umuhanzi w’ Umurundi uzwi cyane mu njyana ya Zouk na Pop wari umaze iminsi adakora umuziki yateguye igitaramo kiswe “AMORA VALENTINE GALA’’ cyabereye […]

Kirehe: Imishinga y’ubuhinzi n’ubworozi irenga 60 yatewe inkunga ya miliyoni 15

February 14, 2025 Manishimwe Janvier 0

Tariki ya 11 Gashyantare, Ubuyobozi bw’Akarere ka Kirehe bwateye inkunga imishinga y’icyitegererezo ku midugudu (Village Model Projects) irenga 60. Inkunga yatewe iyi mishinga y’ubuhinzi n’ubworozi […]

Pakisitani: Abantu icumi bahitanywe n’igisasu

February 14, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa Gatanu, mu gace ka Harnai, gaherereye mu ntara ya Balochistan, abantu 10 bapfuye abandi barakomereka. Abayobozi bo muri ako karere bavuze ko […]

Liberia: Perezida yahagaritse abayobozi barenga 450 bazira kutamenyekanisha umutungo

February 14, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Perezida wa Liberia, Joseph Boakai, yahagaritse ku kazi abakozi barenga 450 bakuru mu nzego za leta, barimo abaminisitiri, kubera kutamenyesha umutungo wabo ku kigo kirwanya […]

Saint Valentin: Umunsi w’urukundo n’inkomoko yawo

February 13, 2025 Kwihangana Joshua 0

Harabura amasaha make kugira ngo abantu benshi hirya no hino ku isi bizihize umunsi w’abakundana, umunsi witiriwe Mutagatifu Valentin (Saint Valentin). Uyu munsi wizihizwa tariki […]

Muhanga: Abikorera biteguye gushimisha abakundana

February 13, 2025 Kwihangana Joshua 0

Mu gihe habura amasaha make kugira ngo abakundana bahimbaze umunsi mukuru wa Mutagatifu Valantin, bamwe mu bikorera bo mu Mujyi wa Muhanga bavuga ko biteguye […]

2024: Umwaka wishwemo abanyamakuru benshi mu mateka

February 13, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Raporo yashyizwe ahagaragara ku wa 12 Gashyantare 2025 na komite ishinzwe kurengera abanyamakuru CPJ igaragaza ko umubare w’abanyamakuru bishwe ku isi mu mwaka ushize wa […]

Umunsi mukuru mwiza kuri radiyo twakunze, yatumaze irungu

February 13, 2025 UMUTONIWASE Christella 0

Muri 2011, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Burezi, Ubumenyi n’Umuco (UNESCO) ryagennye tariki ya 13 Gashyantare nk’umunsi mpuzamahanga wa radiyo. Radiyo yashyiriweho umunsi wihariye kuko […]

Perezida Kagame yaganiriye n’Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar

February 12, 2025 ICK News 0

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, i Doha muri Qatar, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yakiriwe n’Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar, Sheikh Tamim […]

DR Congo: Inyeshyamba za CODECO zishe abarenga 50 mu ntara ya Ituri

February 12, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Abarwanyi bitwajwe intwaro mu majyaruguru y’iburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo bishe abaturage barenga 51 mu bitero byabaye ku wa Mbere, nk’uko abategetsi bo […]

Posts pagination

« 1 … 82 83 84 … 131 »

AMAKURU MASHYA

  • Abiga muri TTC bazajya biga imyaka itanu: Ibikubiye mu mpinduka MINEDUC yatangaje

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS