• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

AGEZWEHO

Gicumbi-Byumba: Kiliziya na Leta bafunguye ishuri

January 20, 2025 Ishimwe Honore 0

Kuri Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 20 Mutarama 2025, mu Mujyi wa Byumba uherereye mu Karere ka Gicumbi habereye umuhango wo gufungura    ishuri ryahoze […]

Ibitegerejwe mu irahira rya Donald Trump

January 20, 2025 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Donald Trump watorewe kuyobora Leta Zunze ubumwe za Amerika ararahirira kuba perezida wa 47 w’iki gihugu uyu munsi tariki ya 20 Mutarama 2025. Uyu munsi […]

Amerika: TikTok yari yahagaritswe yongeye gukora

January 20, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Urubuga nkoranyambaga rwa TikTok rwasubukuye serivisi zarwo ku barenga miliyoni 170 barukoresha muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ibi bibaye nyuma y’aho Perezida watowe, Donald […]

Perezida Kagame arasaba abayobozi n’abanyamadini kurinda u Rwanda rw’ejo

January 19, 2025 Philos Muhire 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame arasaba abayobozi b’amadini n’amatorero n’abayobozi mu nzego za leta gushyira imbaraga mu kwita ku byafasha umuryango Nyarwanda kurangwa […]

2024-2029: Ibikubiye muri gahunda y’imyaka itanu y’urwego rw’ubuzima mu Rwanda

January 18, 2025 Kwihangana Joshua 0

Minisitiri Dr. Nsanzimana Sabin yatangaje ko muri gahunda ya Guverinoma y’u Rwanda y’imyaka itanu, Minisiteri y’Ubuzima ishyize imbere imigambi myinshi irimo kongera abakozi mu rwego […]

Kigali : Buri minota icumi bisi izajya ihaguruka muri gare

January 18, 2025 UMUTONIWASE Christella 0

Umujyi wa Kigali watangiye igerageza rya gahunda yo guhagurukira ku gihe ku modoka zitwara abagenzi mu buryo rusange, aho umugenzi atazajya arambirwa no gutegereza ko […]

Amerika yafatiye ibihano umuyobozi mukuru w’ingabo za Sudani

January 17, 2025 Muvunankiko Valens 0

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashyizeho ibihano kuri Abdel Fattah al-Burhan, umugaba mukuru w’ingabo za Sudani, imushinja guhitamo intambara aho kwemera ibiganiro n’umutwe wa RSF […]

Muri buri Kagari hagiye gushyirwa Post de Sante

January 16, 2025 Tuyisenge Yedidiya 0

Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko hateganywa kubakwa amavuriro y’ibanze muri buri kagari ko mu Rwanda mu rwego rwo kugabanya ubucucike bukigaragara mu bitaro byo hirya no […]

Brazil: Polisi yibeshye ku ifoto ishinja umugabo ibyaha 62 abeshyerwa

January 16, 2025 Kwihangana Joshua 0

Mu gihugu cya Brasil giherereye ku mugabane w’Amerika haravugwa inkuru itangaje ariko inababaje y’umugabo wafunzwe imyaka itatu arengana kubera ifoto ye yakwirakwijwe na Polisi, abatangabuhamya […]

Leta ya Tanzaniya yahakanye iby’icyorezo cya Marburg kiri muri iki gihugu

January 16, 2025 Philbert Mbonigaba 0

Tanzania yahakanye raporo y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ivuga ko icyorezo cya Marburg, cyadutse mu Majyaruguru y’Uburengerazuba bw’iki gihugu. Ikinyamakuru The Tanzania Times, […]

Posts pagination

« 1 … 82 83 84 … 125 »

AMAKURU MASHYA

  • Madamu Jeannette Kagame yasabye urubyiruko kutayobywa n’abaharabika u Rwanda bashaka amaramuko

    Madamu Jeannette Kagame yasabye urubyiruko rw’u Rwanda kwirinda kuyobywa n’abantu bafite umugambi wo guharabika igihugu no gukwirakwiza amakuru agamije kugisenya, ashimangira ko urubyiruko rugomba kuba […]

  • Huye: Abakora mu ibagiro rya Matyazo basabwe kugenzura neza inkomoko y’amatungo mu kwirinda ayibwe

    Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo yakomereje ubukangurambaga bwo gukumira ibyaha mu Murenge wa Ngoma, mu Karere ka Huye, iganiriza abakora mu ibagiro rya Matyazo […]

  • Kenya: Abanyeshuri 16 bapfiriye mu nkongi y’umuriro yibasiye ishuri ry’abakobwa muri Kenya

    Abanyeshuri 16 bapfuye mu gihe abandi 79 bakomerekeye mu nkongi y’umuriro yibasiye icumbi cy’ishuri ry’abakobwa rya Utumishi Academy riherereye i Gilgil mu Ntara ya Nakuru […]

  • Abadepite bagiye kujya mu ngendo zo kugenzura ibikorwa byo kongera umusaruro w’ubuhinzi

    Umutwe w’Abadepite watangaje ko Abadepite bagiye gukora ingendo rusange mu Turere twose tw’Igihugu hagamijwe kugenzura ibikorwa bijyanye no kongera umusaruro w’ubuhinzi, by’umwihariko ibihingwa ngandurarugo n’ibihingwa […]

  • Perezida Kagame yinjije ba Ofisiye bashya muri Polisi y’u Rwanda, ayishimira imyaka 25 imaze itanga umutekano

    Perezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, Paul Kagame, yinjije ba Ofisiye bashya muri Polisi y’u Rwanda, ayishimira uruhare uruhare igira mu kubungabunga […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS