• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

AGEZWEHO

Muhanga: Abitabiriye umuganda bibukijwe kwimakaza umuco w’isuku

November 29, 2025 ICK News 0

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’intara y’Amajyepfo, Nshimiyimana Vedaste, yasabye abaturage gushyira imbere umuco w’isuku, abibutsa ko ariyo soko y’ubuzima. Ibi yabigarutseho ubwo we n’abayobozi mu Karere ka […]

Muhanga: Abanyeshuri ba ICK bifatanyije n’abatuye Nyamabuye mu muganda wo gukora isuku

November 29, 2025 Byiringiro Patrick 0

Kuri uyu wa Gatandatu, abanyeshuri bo mu Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) bibumbiye mu itsinda ribungabunga ibidukikije, bifatanyije n’abaturage bo mu Murenge wa Nyamabuye […]

Volleyball: APR yatsinze POLICE iyirusha, naho KEPLER isubira RRA

November 29, 2025 NIYONKURU Cedric 0

Mu ijoro ryakeye, shampiyona ya Volleyball yari yakomeje kuko hakinwaga umunsi wa karindwi , aho APR yatsinze Police iyirusha cyane, naho Kepler yongeye gutsindwa na […]

Kigali: Ikibazo cy’ubuke bw’imodoka cyahawe umurongo- Ibyemezo by’inama y’abaminisitiri

November 29, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Gatanu, iyobowe na Perezida Paul Kagame,yagejejweho uburyo bushya bwo gutwara abagenzi mu mujyi wa Kigali, buzafasha abagenzi gukora ingendo zihuse, […]

Serivisi mbi ikwiye kwangwa kandi ikanengwa -Perezida Kagame abwira abanyarwanda

November 27, 2025 IKUNDABAYO Pauline 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yasabye abanyarwanda kwanga serivisi mbi bahabwa n’abayobozi ahubwo bakaba aba mbere mu kuyirwanya Ibi Perezida Kagame yabivugiye mu […]

Perezida Kagame yijeje umuti w’ikibazo cy’ibicuruzwa bipfunyikwa muri pulasitike biva hanze

November 27, 2025 Byiringiro Patrick 0

Perezida Paul Kagame yatangaje ko hari gushakwa umuti urambye ku kibazo cy’ibicuruzwa bitumizwa mu mahanga bipfunyitswe muri plastike, mu rwego rwo guca ubusumbane bugaragara ku […]

Hari kugeragezwa uburyo ab’amikoro make batekesha gazi ihwanye n’ubushobozi bwabo

November 27, 2025 ICK News 0

Minisitiri w’Ibikorwa Remezo, Dr. Jimmy Gasore, yatangaje ko guverinoma irimo kugerageza uburyo bwa “Pay as you cook” butuma ingo zigura gazi nke yo guteka ku […]

No Image

Nigeria: Abanyeshuri b’abakobwa 24 barekuwe nyuma y’icyumweru bashimuswe

November 26, 2025 Muhire Obed 0

Abakobwa 24 bashimuswe mu ishuri ry’abakobwa ryo muri Leta ya Kebbi muri Nigeria barekuwe, nk’uko Perezida Bola Tinubu yabitangaje. Iri shimutwa ryabaye kuwa 17 Ugushyingo […]

No Image

Cameroun: Tchiroma Bakary utavuga rumwe n’ubutegetsi yahungiye muri Gambia

November 25, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Leta ya Gambia yatangaje ko Issa Tchiroma Bakary, umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Cameroun, yahungiye muri icyo gihugu nyuma yo gutangaza ko ubuzima bwe […]

ICK yakiriye abanyeshuri bazarihirwa na Chancen International

November 24, 2025 Byiringiro Patrick 0

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 24 Ugushyingo, Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) ryakiriye abanyeshuri 454 bahawe buruse n’umuryango Chancen International yo kwiga mu […]

Posts pagination

« 1 … 34 35 36 … 135 »

AMAKURU MASHYA

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS