• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

AGEZWEHO

No Image

Police FC na APR FC ziracakirana ku munsi wa 10 wa Rwanda Premier League

December 6, 2025 Ibyimana Cofi 0

Kuri Kigali Pelé Stadium, hategerejwe umukino ukomeye uhuza Police FC na APR FC ku munsi wa 10 wa wa Shampiyona ya Rwanda Premier League (RPL). […]

U Rwanda na Amerika byasinye amasezerano y’ubufatanye mu guteza imbere urwego rw’ubuzima

December 6, 2025 ICK News 0

Ku wa Gatanu, tariki 5 Ukuboza, U Rwanda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye mu rwego rw’ubuzima, afite agaciro ka […]

Hatangijwe ku mugaragaro eKash ikoreshwa mu guhererekanya amafaranga

December 6, 2025 Philbert MBONIGABA 0

U Rwanda rwatangije ku mugaragaro eKash, sisitemu imwe ihuza uburyo bwose bwo kwishyurana hakoreshejwe ikoranabuhanga, igamije gutuma kohererezanya amafaranga bishoboka hagati y’inzego zose zigize urwego […]

Perezida Kagame yitabiriye tombola y’igikombe cy’isi cya 2026

December 6, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Perezida Paul Kagame yitabiriye tombola y’igIkombe cy’Isi cya 2026, yabereye mu nyubako ya F. Kennedy Center i Washington, D.C muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, […]

Polisi yasabye abanyarwanda kwirinda ibyahungabanya umutekano mu minsi mikuru

December 6, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Mu gihe u Rwanda rwinjiye mu bihe by’imyiteguro y’iminsi mikuru ya Noheri n’Ubunani, Polisi y’Igihugu yasabye abanyarwanda kwitonda no kwirinda ibikorwa bishobora guhungabanya umutekano no […]

ICK: Abanyeshuri basabwe kwimakaza uburinganire n’ubwuzuzanye mu byo bakora byose

December 5, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Ejo ku wa 4 Ukuboza 2025 umuyobozi w’akarere ka Muhanga, Madame Kayitare Jacqueline ari kumwe na Mukagasangwa Consolée, ushinzwe imiyoborere myiza mu Nama y’Igihugu y’Abagore, […]

Papa Leo yasabye Amerika kwirinda gukoresha ingufu za gisirikare mu guhirika perezida wa Venezuela

December 3, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Papa Leo XIV yasabye ubuyobozi bwa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ku wa Kabiri kutagerageza gukuraho Perezida wa Venezuela, Nicolas Maduro, […]

Abapolisi 74 barimo ACP Rumanzi na ACP Muheto bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

December 3, 2025 Manishimwe Janvier 0

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko abapolisi 74 barimo abo ku rwego rwa Ofisiye Mukuru bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru, mu rwego rwo gukomeza gushyira mu bikorwa […]

Papa Leo uri mu ruzinduko muri Turkiya yasuye umusigiti w’ubururu

November 30, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ku munsi wa Gatatu w’uruzinduko rwe muri Turkiya, rukaba n’urwa mbere agiriye mu mahanga, Papa Leo wa XIV yasuye Umusigiti wa Sultan Ahmed, uzwi kandi […]

Muhanga: Yagabiwe inka, ayita icyerekezo cy’ubuzima

November 29, 2025 Byiringiro Patrick 0

Urubryiruko rw’abakorerabushake mu Karere ka Muhanga rwagabiye inka Mbonigaba Theophile utuye mu kagari ka Makera mu murenge wa Cyeza, ayita icyerekezo cy’ubuzima mu rwego rwo […]

Posts pagination

« 1 … 33 34 35 … 135 »

AMAKURU MASHYA

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS