Perezida Biden yahisemo kutongera guhatanira kuyobora Amerika
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Joe Biden yatangaje ko ataziyamamariza kongera kuyobora iki gihugu mu matora ateganyijwe mu mpera z’uyu mwaka. Perezida Biden afashe […]
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Joe Biden yatangaje ko ataziyamamariza kongera kuyobora iki gihugu mu matora ateganyijwe mu mpera z’uyu mwaka. Perezida Biden afashe […]
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane tariki ya 18 Nyakanga 2024, Komisiyo y’Igihugu y’Amatorayatangaje k’uburyo bw’agateganyo ibyavuye mu matora ya Perezida wa Repubulika n’ayabadepite […]
Helen Comperatore ufite umugabo waguye aharasiwe Trump yanze kuvugana na Perezida wa Leta zunze ubwumwe za Amerika, Joe Biden kuri telefoni. Perezida Biden yagerageje guhamagara […]
Donald Trump yatangaje Senateri, J.D. Vance, wahoze amunenga ndetse akamwita Hitler wa Amerika nk’umukandida umwungirije mu matora azaba mu Ugushyingo 2024. Iki cyemezo cyemejwe n’abadepite […]
Polisi yo muri Kenya iratangaza ko Collins Jumaisi Khalusha ukekwaho ubwicanyi ruharwa yiyemerera ubwe ko yishe abagore 42 mu gihe cy’imyaka ibiri ishize. Mu bagore […]
Komisiyo y’Igihugu yAmatora iratangaza ko Umukandida wa FPR Inkotanyi, Paul Kagame ariwe uri imbere mu majwi amaze kubarurwa kuko afite 99.15% by’amajwi amaze kubarurwa. Paul […]
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora mu Rwanda (NEC) yatangaje ko impamvu bahisemo kwemerera buri wese gutorera ahamwegereye ari uko basanze ikibazo cy’Abanyarwanda batabashije kwiyimura kuri lisiti y’itora […]
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 15 Nyakanga 2024, Abanyarwanda batuye imbere mu gihugu bazindukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu n’Abadepite. Aya matora […]
Mu gihe Abanyarwanda baba mu bihugu by’amahanga baramukiye mu matora, bamwe mu batuye muri Leta zunze Ubumwe za Amerika barifuza ko mu matora y’Ubutaha hazakoreshwa […]
Mu gihe habura iminsi mike ngo amatora y’umukuru w’igihugu n’ay’abadepite abe, urubyiruko rw’abakorerabushake ‘youth volunteers’ rukomeje kugaragaza umusanzu mu bikorwa byose bijyanye n’amatora. Bimwe muri […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS