• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

AGEZWEHO

Ibyo wamenya kuri politiki nshya yo kugabanya ingaruka ziterwa n’ibiza mu Rwanda

November 11, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Ku wa 7 Ugushyingo 2024, Minisiteri ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi (MINEMA) yashyize ahagaragara raporo ikubiyemo ingamba zafashwe n’u Rwanda mu kugabanya ingaruka ziterwa n’ibiza. Ni raporo […]

Australia: Abana bari munsi y’imyaka 16 bagiye gusezera imbuga nkoranyambaga

November 7, 2024 Kwihangana Joshua 0

Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane, Minisitiri w’intebe wa Australia, Anthony Albanese, yatangaje ko guverinoma y’iki gihugu igiye gushyiraho amategeko abuza abana bari munsi […]

Rayon Sports itsinze Musanze ifata umwanya wa mbere

November 7, 2024 Tuyisenge Yedidiya 0

Ikipe ya Rayon Sports yatsindiye Musanze FC kuri stade Ubworoherane igitego 1-0. Byari mu mukino w’umunsi wa 9 wa shampiyona, ibyatumye Rayon Sports yuzuza imikino […]

Miss Muheto yakatiwe igifungo cy’amezi atatu asubitse

November 6, 2024 ICK News 0

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwahanishije Miss Nshuti Muheto Divine igifungo cy’amezi atatu gisubitse mu gihe cy’umwaka umwe. Miss Muheto yahawe iki gihano nyuma yo guhamwa […]

Igisobanuro cy’itorwa rya Trump kuri Afurika

November 6, 2024 Kwihangana Joshua 0

Muri iki gitondo, nibwo inkuru yabaye kimomo ko Donald John Trump yatsindiye kuyobora Leta zunze Ubumwe za Amerika mu gihe cy’imyaka ine iri imbere. Iyi […]

Amerika: Gutorwa na benshi sibyo byemeza uba Perezida

November 5, 2024 ICK News 0

Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 5 Ugushyingo, abaturage bagera mu ma miliyoni z’Abanyamerika baratora Umukuru w’Igihugu. Ni amatora ahanzwe amaso cyane n’ingeri z’abantu banyuranye […]

Amerika: Gutangaza ibyavuye mu matora muri uyu mwaka bishobora gutinda

November 5, 2024 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa kabiri, tariki ya 5 Ugushyingo 2024, Miliyoni z’abanyamerika baramukiye mu gikorwa cy’amatora yo guhitamo perezida wa 48 uzayobora iki gihugu mu myaka […]

Amatora muri Amerika: Jennifer Lopez mu bashyigikiye Kamala Harris, Elon Musk mu bashyigikiye Donald Trump

November 5, 2024 Philbert MBONIGABA 0

Mu gihe amatora y’umukuru w’igihugu cya Leta zunze ubumwe za Amerika arimbanyije muri leta zitandukanye z’iki gihugu, ibyamamare mu ngeri zitandukanye zagiye zigaragaza uruhande zihagazeho. […]

Abakize Marburg barasabwa kwitwararika mu gukora Imibonano mpuzabitsina

November 4, 2024 Philbert MBONIGABA 0

Mu kiganiro Minisiteri y’ubuzima yagiranye n’itangazamakuru ndetse n’imiryango itari iya Leta kuri uyu wa Mbere, tariki ya 4 Ugushyingo 2024, Minisitri w’ubuzima, Dr. Nsanzimana Sabin […]

Leta y’Ubushinwa ihangayikishijwe n’abaturage batifuza kurongora no kubyara

November 4, 2024 Kwihangana Joshua 0

Nubwo leta y’Ubushinwa ikomeje guteza imbere gahunda yo gushishikariza abaturage b’iki gihugu kubyara cyane, imibare yabashaka  gushyingiranwa muri iki gihugu yo ikomeje kugabanuka ku kigero […]

Posts pagination

« 1 … 105 106 107 … 133 »

AMAKURU MASHYA

  • Afurika ntikwiye gukomeza kuba indorerezi mu iterambere ry’ikoranabuhanga rya AI – Perezida Kagame

    Perezida Paul Kagame yavuze ko Afurika ifite abantu bafite ubumenyi n’ubushobozi bwo kugira uruhare rukomeye mu iterambere ry’ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano (AI), ariko ko hakenewe guhindura […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kubyaza umusaruro amahirwe rufite

    Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yasabye urubyiruko rw’u Rwanda kubyaza umusaruro amahirwe menshi rufite, rukirinda gutegereza akazi ahubwo rugashishikarira kwihangira imirimo. Ibi Perezida Kagame yabigarutseho […]

  • No Image

    U Rwanda ruzakira imikino ya FEASSA 2027

    U Rwanda rwemejwe nk’igihugu kizakira imikino ihuza Ibigo by’Amashuri byo mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba (FEASSA) mu mwaka utaha. Iyi mikino izaba ibaye ku nshuro […]

  • Gisagara: Barishimira igabanuka ry’amakimbirane nyuma yo guca inzoga zitujuje ubuziranenge

    Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Gisagara bavuga ko icyemezo cyo guca inzoga zitujuje ubuziranenge, cyagize uruhare mu kugabanya amakimbirane n’ibikorwa by’urugomo byajyaga biterwa […]

  • Brittany Boltinhouse yajyanye abategura Miss USA mu nkiko nyuma yo kwamburwa ikamba

    Brittany Boltinhouse, wari umaze igihe gito yambitswe ikamba rya Miss North Carolina USA 2026, yajyanye mu nkiko umuryango wa Miss USA n’abawuyobora, abashinja kumusebya no […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS