• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Articles by IKUNDABAYO Pauline

U Rwanda: Indwara zitandura zikomeje guhitana benshi

May 14, 2025 IKUNDABAYO Pauline 0

Raporo y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda igaragaza ko 47.7% by’abitabye Imana bose mu 2024 bahitanywe n’indwara zitandura. Iyi raporo kandi igaragaza ko impfu ziterwa n’indwara […]

Weekend muri ICK: Icyo wakora igihe utari mu masomo

April 15, 2025 IKUNDABAYO Pauline 0

Ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi ni uruganda rw’Ubumenyi, aho amashuri yigirwamo ahora afite abanyeshuri, haba mu mibyizi, muri weekendi, yewe no mu biruhuko, iri ni […]

#Kwibuka31: Perezida Kagame yatangije Icyumweru cy’Icyunamo

April 7, 2025 IKUNDABAYO Pauline 0

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 7 Mata 2025 Perezida wa Repubukika Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije Icyumweru cy’Icyunamo n’iminsi ijana yo kwibuka […]

Huye: ICK and UR Journalism students trained in investigative reporting

April 1, 2025 IKUNDABAYO Pauline 0

Journalism students from the Institut Catholique de Kabagayi (ICK) and the University of Rwanda (UR) have embarked on a four-day intensive training program aimed at […]

Huye: Abanyeshuri ba ICK na UR bari guhugurwa ku gukora inkuru zicukumbuye

April 1, 2025 IKUNDABAYO Pauline 0

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 31 Werurwe 2025, mu karere ka Huye hatangiye amahugurwa y’abiga Itangazamakuru mu Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) no […]

Muhanga: ‘Car Free Zone’ yatangiye kubakwa

March 30, 2025 IKUNDABAYO Pauline 0

Akarere ka Muhanga katangiye ibikorwa byo kubaka agace ko kuruhukiramo kazwi nka ‘Car free zone’ Ubu busitani buri kubakwa ahazwi nko kuri ‘Route Kibuye’ muri […]

Ibyo wamenya ku ndwara y’Agahinda gakabije

March 25, 2025 IKUNDABAYO Pauline 0

Uko imibereho ya muntu igenda ihindagurika, niko hagenda hagaragara indwara nyinshi zinyuranye ndetse zinafite ingaruka zikomeye ku buzima bwa muntu. Imwe muri izo ndwara ni […]

Ishusho y’ubuhinzi muri Ngororero

March 3, 2025 IKUNDABAYO Pauline 0

Ku wa Gatandatu, tariki 1 Werurwe 2025, Minisitiri w’Intebe Ngirente Edouard yatangije igihembwe cy’ihinga B 2025 mu Karere ka Ngororero. Ngororero nk’agace k’imisozi miremire, ni […]

Ngororero: Minisitiri w’Intebe yatangije igihembwe cy’ihinga

March 1, 2025 IKUNDABAYO Pauline 0

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 1 Werurwe 2025 Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente Edouard yatangije igihembwe cy’ihinga 2025 B mu Karere ka Ngororero. Uretse Minisitiri […]

 Mudasobwa ugendana ifite ubutunzi bwagukiza

February 25, 2025 IKUNDABAYO Pauline 0

Muri iyi si y’iterambere usanga abenshi mu bakoresha ikoranabuhanga ari abashaka  kumenya amakuru agezweho, n’ibindi bibafasha kuruhuka rimwe na rimwe bakahatakariza igihe n’amafaranga badateze kugaruza. […]

Posts pagination

« 1 … 6 7 8 … 11 »

AMAKURU MASHYA

  • Abana banditswe mu irangamimerere bariyongereye mu 2025

    Mu mwaka wa 2025, abana 356,838 ni bo banditswe mu irangamimerere mu Rwanda, bigaragaza intambwe ishimishije mu gukomeza kunoza serivisi z’ingenzi ku baturage no kubahiriza […]

  • U Rwanda na Tanzania byiyemeje kurushaho gufatanya mu bucuruzi n’ibikorwaremezo

    Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yagiriye uruzinduko rw’akazi rw’umunsi umwe muri Tanzania kuri iki Cyumweru tariki ya 3 Gicurasi 2026, aho yakiriwe na […]

  • Igitaramo cya Pasika n’icya Noheli bigomba kuba umuco i Kabgayi– Musenyeri Ntivuguruzwa

    Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, Nyiricyubahiro Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa yavuze ko guhimbaza ibitaramo byo kwizihiza Pasika na Noheli bigomba kuba umuco uhoraho muri iyi Diyosezi, […]

  • Perezida Kagame ategerejwe muri Tanzania

    Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ategerejwe mu gihugu cya Tanzania ku Cyumweru tariki ya 03 Gicurasi 2026, aho azagirira uruzinduko rw’akazi rw’umunsi umwe […]

  • Musenyeri Ntivuguruzwa yagaragaje ko hakenewe ubufatanye mpuzamahanga mu gukemura ibibazo byugarije isi y’umurimo

    Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, Nyiricyubahiro Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa yagaragaje ko ibibazo by’intambara n’amakimbirane mu bihugu bitandukanye bikomeje kugira ingaruka zikomeye ku isi y’umurimo, ashimangira […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS