Muhanga: ‘Car Free Zone’ yatangiye kubakwa
Akarere ka Muhanga katangiye ibikorwa byo kubaka agace ko kuruhukiramo kazwi nka ‘Car free zone’ Ubu busitani buri kubakwa ahazwi nko kuri ‘Route Kibuye’ muri […]
Akarere ka Muhanga katangiye ibikorwa byo kubaka agace ko kuruhukiramo kazwi nka ‘Car free zone’ Ubu busitani buri kubakwa ahazwi nko kuri ‘Route Kibuye’ muri […]
Uko imibereho ya muntu igenda ihindagurika, niko hagenda hagaragara indwara nyinshi zinyuranye ndetse zinafite ingaruka zikomeye ku buzima bwa muntu. Imwe muri izo ndwara ni […]
Ku wa Gatandatu, tariki 1 Werurwe 2025, Minisitiri w’Intebe Ngirente Edouard yatangije igihembwe cy’ihinga B 2025 mu Karere ka Ngororero. Ngororero nk’agace k’imisozi miremire, ni […]
Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 1 Werurwe 2025 Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente Edouard yatangije igihembwe cy’ihinga 2025 B mu Karere ka Ngororero. Uretse Minisitiri […]
Muri iyi si y’iterambere usanga abenshi mu bakoresha ikoranabuhanga ari abashaka kumenya amakuru agezweho, n’ibindi bibafasha kuruhuka rimwe na rimwe bakahatakariza igihe n’amafaranga badateze kugaruza. […]
Ubuyobozi bw’Ihuriro ry’Amadini n’Amatorero mu Rwanda (RIC) bwatangaje ko abiha inshingano za gishumba, abatanga inyigisho ziyobya abaturage n’ibindi bikorwa byiyitirira idini cyangwa itorero kandi bigamije […]
Minisitiri w’Intebe wa Canada, Justin Trudeau yamaze gutangaza ubwegure bwe ku mwanya amazeho imyaka ikabakaba 10. Yatangarije itangazamakuru ko yabanje mbere na mbere kwegura nk’umuyobozi […]
Ubushinjacyaha bwa Argentine bukurikiranye abantu batanu bashinjwa kugira uruhare mu urupfu rw’umuhanzi Liam Payne wahoze mu itsinda rya One direction Urupfu rw’icyamamare mu muziki Liam […]
Nk’uko bisanzwe ku ngengabihe y’umwaka w’amashuri, muri Nyakanga uyu mwaka abanyeshuri bahuriye ku mashuri yagenwe bakora ibizamini bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange. Ibizami byarimo ishyaka […]
Ku wa Kane tariki ya 19 Ukuboza 2024, nibwo Rev. Kabayiza Louis Pasteur yatorewe kuyobora Diyosezi Angilikani ya Shyogwe. Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru kuwa 20 […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS