Iran yahakanye ibyo kugerageza kwica Trump
Mu mwaka ushize ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamariza kuyobora Amerika, Donald Trump yarokotse ibitero bibiri byari bigamije kumwivugana. Kimwe cyabaye muri Nzeri ubwo yakinaga […]
Mu mwaka ushize ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamariza kuyobora Amerika, Donald Trump yarokotse ibitero bibiri byari bigamije kumwivugana. Kimwe cyabaye muri Nzeri ubwo yakinaga […]
Esipanye yatangaje gahunda yo gushyiraho umusoro ungana n’ 100% ku mazu agurwa n’abatari abanyagihugu, batanaturuka mu bihugu bigize Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi. Ubuyobozi bw’iki gihugu […]
Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 13 Mutarama 2025, Perezida wa Brazil, Luiz Inácio Lula da Silva, yashyize umukono ku itegeko rikumira ikoreshwa rya telefoni […]
Nubwo Isi ari nini, muri iyi myaka abayituye bavuga ko “yabaye nk’umudugudu” kuko bisa nk’aho abantu begeranye ugereranyije nuko byahoze mu myaka yashize. Kuri ubu […]
Kuva tariki ya 7 Ukwakira 2023, ubwo hatangiraga intambara hagati y’Umutwe wa Hamas na Isiraheli, nibura abantu ibihumbi 45,000 bamaze kwicwa mu gihe ibikorwaremezo byangiritse […]
Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru mu ngoro y’Umukuru w’Igihugu ‘White House’, Perezida ucyuye igihe wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yavuze ko yari kuba […]
Kuri uyu wa Kane nibwo Donald Trump witegura kurahirira inshingano zo kuyobora Leta Z’unze Ubumwe z’Amerika yatangaje ko we na Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin bafite […]
Kugeza ubu, abantu 10 bamaze kwemezwa ko bapfuye mu nkongi y’umuriro mu mujyi wa Los Angeles, imaze kwangiza inyubako zisaga ibihumbi 10,000 muri ako gace. […]
Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 10 Mutarama 2025, Abashakashatsi bo mu Kigo cya Copernicus Climate Change Service (C3S) cy’ibihugu byibumbiye mu muryango w’Ubumwe bw’u […]
Perezida wa Repulika y’u Rwanda Paul Kagame yavuze ko impinduka zikunze gukorwa muri guverinoma ziba zigamije kuganisha igihugu ku muvuduko wifuzwa. Ibi yabigarutseho mu kiganiro […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS