• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Month: October 2025

RIB yataye muri yombi ‘umuvugabutumwa’ wagaragaye asaba abantu amafaranga

October 21, 2025 Manishimwe Janvier 0

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ku bufatanye na Polisi y’igihugu, kuri uyu wa kabiri tariki 21 Ukwakira 2025, yafashe ndetse yerekana Bucyanayandi Emmanuel, ucyekwaho kwiyita umuvugabutumwa, […]

U Bufaransa: Nicolas Sarkozy wahoze ari Perezida yafunzwe

October 21, 2025 Muhire Obed 0

Uwahoze ari Perezida w’u Bufaransa, Nicolas Sarkozy, yafunzwe imyaka itanu nyuma yo guhamywa ibyaha byo kwakira no gukoresha amafaranga aturutse kuri Muammar Gaddafi, wahoze ayobora […]

Ni iki cyihishe inyuma y’ubwiyongere bw’impanuka mu muhanda wa Kamonyi?

October 21, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Mu minsi ishize, mu Karere ka Kamonyi hakomeje kugaragara impanuka za hato n’ahato, ibintu biteye impungenge abaturage n’abakoresha umuhanda munini uva i Kigali werekeza mu […]

U Buyapani bwabonye Minisitiri w’Intebe w’umugore bwa mbere mu mateka

October 21, 2025 ICK News 0

Sanae Takaichi yabaye umugore wa mbere mu mateka y’u Buyapani utorewe kuba Minisitiri w’Intebe, mu gihe benshi bamwita “umugore w’imbaraga zidasanzwe” kubera urugendo rwe rw’ubuzima […]

Huye: Abaturage ba Kigoma bishimira iterambere bakesha umushinga SPARK

October 21, 2025 ICK News 0

Abaturage bo mu Murenge wa Kigoma, mu Karere ka Huye, barishimira umushinga SPARK MicroGrants bavuga ko wabahinduriye imibereho, ukabafasha kwivana mu bukene no gutangira inzira […]

No Image

Nicki Minaj uherutse kuvuga ko yavuye mu muziki, agiye gutaramira muri Afurika y’Epfo

October 20, 2025 Kabano Patrick 0

Umuraperikazi w’icyamamare ku isi, Nicki Minaj, yongeye kuvugisha abantu nyuma yo gutangaza ko we n’itsinda rye bari gutekereza ku buryo yakorera igitaramo muri Afurika y’Epfo. […]

U Bufaransa: Inzu ndangamurage ya Louvre yafunze imiryango nyuma yo gusurwa na benengango

October 20, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Inzu ndangamurage ya Louvre I Paris mu Bufaransa, imwe mu zisurwa cyane kurusha izindi ku isi, yafunze imiryango yayo ku wa mbere nyuma y’uko habaye […]

Meet the seven new saints canonized by Pope Leo XIV

October 20, 2025 ICK News 0

Pope Leo XIV on Sunday canonized seven new saints in a moving ceremony at St. Peter’s Square, marking a historic day for the Catholic Church. […]

Hong Kong: Indege itwara imizigo yakoze impanuka ihitana abantu babiri

October 20, 2025 Niyomukiza Vivens 0

Indege itwara imizigo ya sosiyete ya Emirates yari ivuye i Dubai, ubwo yageragezaga kugwa ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Hong Kong yahise igwa mu nyanja […]

Kiliziya Gatolika yungutse Abatagatifu barindwi bashya

October 19, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri iki Cyumweru, Papa Leo XIV yashyize mu rwego rwa batagatifu abahire barindwi barimo abagore batatu n’abagabo bane, muri Misa yizihirijwemo Umunsi Mpuzamahanga w’Iyogezabutumwa, anibutsa […]

Posts pagination

« 1 … 4 5 6 … 12 »

AMAKURU MASHYA

  • CG Namuhoranye yasabye abapolisi bagiye mu butumwa bw’amahoro muri Santarafurika guhesha ishema u Rwanda

    Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 13 Nyakanga 2026, Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CG Felix Namuhoranye, yahaye impanuro itsinda ry’abapolisi bitegura kujya mu […]

  • Gisagara: Hamenwe ritiro 3,000 z’inzoga zitujuje ubuziranenge

    Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo, ku bufatanye n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze n’abaturage, yamennye litiro zirenga 3,000 z’inzoga z’inkorano zizwi nka “Nyirantare”, zari zafatiwe mu […]

  • Kigali: Abamotari n’abagenzi ntibavuga rumwe ku biciro by’ingendo

    Abatega moto zitwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali bagaragaza ko bahangayikishijwe n’izamuka ry’ibiciro by’ingendo. Bavuga ko amafaranga bishyura yiyongereye ku buryo hari ingendo zimwe na […]

  • Nyamagabe: Inzego z’ubuyobozi n’umutekano zasabye abaturage gufatanya mu kurwanya ibyaha

    Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo bufatanyije n’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Polisi y’Igihugu n’izindi nzego, bwakanguriye abaturage bo mu Karere ka Nyamagabe kurushaho kugira uruhare mu gukumira ibyaha, […]

  • Perezida Kagame yasabye ko Afurika igira uruhare rugaragara mu iterambere rya AI

    Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko Afurika ikwiye kugira uruhare rukomeye mu iterambere ry’Ikoranabuhanga ry’Ubwenge Buhangano (Artificial Intelligence – AI), agaragaza ko […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS