• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Month: October 2025

RIB yataye muri yombi ‘umuvugabutumwa’ wagaragaye asaba abantu amafaranga

October 21, 2025 Manishimwe Janvier 0

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ku bufatanye na Polisi y’igihugu, kuri uyu wa kabiri tariki 21 Ukwakira 2025, yafashe ndetse yerekana Bucyanayandi Emmanuel, ucyekwaho kwiyita umuvugabutumwa, […]

U Bufaransa: Nicolas Sarkozy wahoze ari Perezida yafunzwe

October 21, 2025 Muhire Obed 0

Uwahoze ari Perezida w’u Bufaransa, Nicolas Sarkozy, yafunzwe imyaka itanu nyuma yo guhamywa ibyaha byo kwakira no gukoresha amafaranga aturutse kuri Muammar Gaddafi, wahoze ayobora […]

Ni iki cyihishe inyuma y’ubwiyongere bw’impanuka mu muhanda wa Kamonyi?

October 21, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Mu minsi ishize, mu Karere ka Kamonyi hakomeje kugaragara impanuka za hato n’ahato, ibintu biteye impungenge abaturage n’abakoresha umuhanda munini uva i Kigali werekeza mu […]

U Buyapani bwabonye Minisitiri w’Intebe w’umugore bwa mbere mu mateka

October 21, 2025 ICK News 0

Sanae Takaichi yabaye umugore wa mbere mu mateka y’u Buyapani utorewe kuba Minisitiri w’Intebe, mu gihe benshi bamwita “umugore w’imbaraga zidasanzwe” kubera urugendo rwe rw’ubuzima […]

Huye: Abaturage ba Kigoma bishimira iterambere bakesha umushinga SPARK

October 21, 2025 ICK News 0

Abaturage bo mu Murenge wa Kigoma, mu Karere ka Huye, barishimira umushinga SPARK MicroGrants bavuga ko wabahinduriye imibereho, ukabafasha kwivana mu bukene no gutangira inzira […]

No Image

Nicki Minaj uherutse kuvuga ko yavuye mu muziki, agiye gutaramira muri Afurika y’Epfo

October 20, 2025 Kabano Patrick 0

Umuraperikazi w’icyamamare ku isi, Nicki Minaj, yongeye kuvugisha abantu nyuma yo gutangaza ko we n’itsinda rye bari gutekereza ku buryo yakorera igitaramo muri Afurika y’Epfo. […]

U Bufaransa: Inzu ndangamurage ya Louvre yafunze imiryango nyuma yo gusurwa na benengango

October 20, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Inzu ndangamurage ya Louvre I Paris mu Bufaransa, imwe mu zisurwa cyane kurusha izindi ku isi, yafunze imiryango yayo ku wa mbere nyuma y’uko habaye […]

Meet the seven new saints canonized by Pope Leo XIV

October 20, 2025 ICK News 0

Pope Leo XIV on Sunday canonized seven new saints in a moving ceremony at St. Peter’s Square, marking a historic day for the Catholic Church. […]

Hong Kong: Indege itwara imizigo yakoze impanuka ihitana abantu babiri

October 20, 2025 Niyomukiza Vivens 0

Indege itwara imizigo ya sosiyete ya Emirates yari ivuye i Dubai, ubwo yageragezaga kugwa ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Hong Kong yahise igwa mu nyanja […]

Kiliziya Gatolika yungutse Abatagatifu barindwi bashya

October 19, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri iki Cyumweru, Papa Leo XIV yashyize mu rwego rwa batagatifu abahire barindwi barimo abagore batatu n’abagabo bane, muri Misa yizihirijwemo Umunsi Mpuzamahanga w’Iyogezabutumwa, anibutsa […]

Posts pagination

« 1 … 4 5 6 … 12 »

AMAKURU MASHYA

  • Zelensky yasabye Putin ko bagirana ibiganiro imbonankubone byo kurangiza intambara

    ‎Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yasabye ko habaho ibiganiro imbonankubone hagati ye na Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin, mu rwego rwo gushaka igisubizo kirambye ku […]

  • U Rwanda na Amerika bari mu biganiro byo kongera ubufatanye mu by’isanzure

    U Rwanda rwatangaje ko rushaka kongera ubufatanye na Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu bijyanye n’ubushakashatsi bwo mu isanzure, guhanga udushya no guteza imbere ikoranabuhanga […]

  • Huye: Hatashywe sitasiyo y’ikorabuhanga ifata ibipimo by’ikirere ku butumburuke bwa kilometero 40

    Mu rwego rwo gukomeza kunoza uburyo bwo gukusanya no gutanga amakuru y’iteganyagihe yizewe, Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’abafatanyabikorwa bayo yatashye ku mugaragaro sitasiyo ya […]

  • Minisitiri Nduhungirehe agaragaza ko ejo hazaza h’umubano w’u Rwanda na Amerika hazabyara amahirwe menshi

    Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb.Olivier Jean Patrick Nduhungirehe, yavuze ko umubano wu Rwanda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ukomeje gutera imbere, ashimangira ko ibice […]

  • Muhanga: Bamwe mu bacuruzi barinubira ubukode buhanitse mu isoko rya Nyabisindu

    Bamwe mu bacuruzi bato bakorera mu isoko rishya rya Nyabisindu riherereye mu Murenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga, barinubira ibiciro by’ubukode bihanitse nyuma y’uko […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS