• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

Kamonyi-Nyamiyaga: Mutwarasibo arakekwaho gusambanya umwana w’imyaka 13

April 13, 2024 Muvunankiko Valens 0

Umugabo witwa Nzikobankunda Sylvain, ufite imyaka 50 wari Mutwarasibo mu Mudugudu wa Nyabubare ho mu Kagari ka Mukinga, ari mu maboko y’Ubugenzacyaha aho akurikiranyweho icyaha […]

Mbere yo kuba umunyamakuru, umuntu abanza kuba umuturage-Minisitiri Musabyimana

April 13, 2024 Tuyisenge Yedidiya 0

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Musabyimana Jean Claude yibukije abanyamakuru ko mbere yo kuba umunyamakuru, umuntu abanza kuba umuturage w’igihugu. Ibi Minisitiri yabigarutseho ku mugoroba wo kuri […]

Abanyapolitiki baributswa kudashyira inyungu zabo hejuru y’Ubumwe bw’Abanyarwanda

April 13, 2024 Tuyisenge Yedidiya 0

Perezida wa Sena, Dr Kalinda Francois Xavier yibukije abagize imitwe ya politiki n’abanyapolitiki ku giti cyabo, ko bafite inshingano yo gukumira no kurwanya ingengabitekerezo ya […]

Ibyavuye mu bushakashatsi ku banyapolitiki 9 biyongereye ku basanzwe bibukirwa i Rebero

April 13, 2024 ICK News 0

Ministeri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu yashyize ahagaragara ibyavuye mu bushakashatsi ku banyapolitiki ikenda biyongereye kuri 12 basanzwe bibukirwa ku Rwibutso rwa Rebero. Ubu bushakashatsi bwashyizwe […]

Ngoma: Barasaba ko kurangiza kubaka Urwibutso rwa Zaza byakwihutishwa

April 13, 2024 NIYONKURU Cedric 0

Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu Karere ka Ngoma barasaba ubuyobozi bw’Akarere ko ibikorwa bibura kugira ngo Urwibutso rwa Zaza rwuzure byakwihutishwa. Ibi byagarutsweho n’Umuyobozi wa […]

Kamonyi-Rugarika: Hamuritswe Ikimenyetso cy’Amateka ya Jenoside

April 12, 2024 Muvunankiko Valens 0

Mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu murenge wa Rugalika ho mu karere ka Kamonyi kuri uyu wa Gatanu taliki […]

Kwibuka30: Uko Mukanubaha yavuye mu maboko y’Urupfu

April 12, 2024 Darius Shumbusho 0

Mu ijoro ryo Kwibuka Abatutsi biciwe i Nyanza ya Kicukiro, Yvonne Mukanubaha yasobanuye inzira y’umusaraba banyuze kuva ahahoze ETO [ubu ni muri IPRC Kigali] kugera […]

Urugendo rw’Ibitaro by’Amaso bya Kabgayi mu myaka 30 ishize

April 12, 2024 Philos Muhire 0

Nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, inzego n’ibigo binyuranye mu Rwanda byatangiye urugendo rushya rwo kongera kwiyubaka bihereye ku busa kuko u Rwanda rwari […]

Muhanga: Hagiye kubakwa ikimenyetso kiriho amazina y’abarenga 300 biciwe i Ntarabana bakajugunywa muri Nyabarongo

April 12, 2024 Philos Muhire 0

None ku wa Gatanu tariki ya 12 Mata 2024, Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga bufatanyije na Diyosezi ya Kabgayi bashyize ibuye ry’Ifatizo ahazubakwa ikimenyetso (Monument) kiriho […]

Depite Mukabalisa arasaba urubyiruko kudaha icyuho abashaka kwangiza ibyagezweho

April 12, 2024 ICK News 0

Perezida w’Umutwe w’Abadepite, Mukabalisa Donatille, yibukije urubyiruko kuzirikana ku kiguzi cyatanzwe kugira ngo rube rufite igihugu kizima buryo ko rukwiye kwirinda guha icyuho abashaka kwangiza […]

Posts pagination

« 1 … 164 165 166 … 169 »

AMAKURU MASHYA

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

  • Muhanga: Gahunda y’Intore mu Biruhuko yitezweho kurinda abana ibishuko

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bufatanye na Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi (MINIYOUTH) bwatangije ku mugaragaro gahunda y’Intore mu Biruhuko, igamije gufasha abana n’urubyiruko gukoresha neza […]

  • Bugesera: Imbuto Foundation yatangije ‘Imbuto Hub’ igamije guteza imbere imibereho y’imiryango

    Umuryango Imbuto Foundation watangije ku mugaragaro gahunda ya ‘Imbuto Hubs’, igamije kwegereza abaturage serivisi zifasha abana, urubyiruko n’imiryango muri rusange kuzamura imibereho myiza no kwihutisha […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS