Zimbabwe: Amapfa, umutekano n’ubushita byahagurukije SADC
Kuva kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 17 Kanama 2024, abakuru b’ibihugu na za guverinoma bo mu Muryango w’Ubukungu w’Ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo (SADC) bateraniye […]
Kuva kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 17 Kanama 2024, abakuru b’ibihugu na za guverinoma bo mu Muryango w’Ubukungu w’Ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo (SADC) bateraniye […]
Ku wa Gatatu w’iki cyumweru, tariki ya 14 Kanama 2024, Dr. Edouard Ngirente yarahiriye kongera kuba Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda nyuma yo gusoza imyaka irindwi […]
Kuri uyu wa Gatanu tariki 16 Kanama 2024 nibwo APR FC yahagurutse mu Rwanda yerekeza muri Tanzaniya aho yagiye gukina na AZAM SC mu mikino […]
Bamwe mu babyeyi bo mu Murenge wa Kayenzi ho mu karere ka Kamonyi, barishimira impinduka nziza zikomeje kugaragara ku bana babo biturutse kuri gahunda ya […]
Ishami ry’umuryango w’Abibumbye wita ku Buzima (WHO) ryamaze gushyira indwara y’Ubushita bw’inkende mu zihangayikishije isi. Nk’uko byatangajwe n’Umuyobozi wa WHO, Dr. Tedros Adhanom Ghebreyesus kuba […]
Abaturage bo mu dusanteri twa Rwambariro na Gasiza, mu Murenge wa Byumba ho mu Karere ka Gicumbi barasaba kwegerezwa umuriro w’amashanyarazi kuko bakora urugendo rurerure […]
Mu birori byo guhimbaza Umunsi mukuru wa Asomusiyo i Kibeho kuri uyu wa Kane tariki 15 Kanama 2024, Musenyeri Selestini HAKIZIMANA, Umwepiskopi wa Diyosezi ya […]
Abakunzi benshi b’umukino w’amaboko wa basketball bategerezanyije amatsiko umukino ukomeye uri buhuze APR BBC na Patriots BBC kuko ariwo uri bugene uwicara ku mwanya wa […]
Mu mujyi wa Goma, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, amakipe y’abaganga arimo gukora cyane kugira ngo amenye abarwayi b’Ubushita bw’inkende (monkeypox) buhari uko buhagaze, […]
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yasabye Abadepite bashya bagize Inteko Ishinga Amatego gukurikirana ikibazo cy’insengero zifunzwe ndetse aboneraho no gusaba n’Abanyarwanda bose kwirinda […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS