• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

Burkina Faso: 100 bamaze kugwa mu gitero cy’Abajihadisiti

August 26, 2024 AYERA Belyne 0

Abaturage n’abasirikare nibura 100 nibo bimaze gutangazwa ko baguye mu gitero cyagabwe ku mudugudu w’umutwe w’Iterabwoba wa al-Qaida, rwagati muri Burkina Faso. Hashingiwe ku mashusho […]

Australia: Hatowe itegeko ryemerera umukozi kutitaba umukoresha nyuma y’amasaha y’akazi

August 26, 2024 AYERA Belyne 0

Mu gihugu cya Australia hatangiye gukurikizwa itegeko riha abakozi uburenganzira bwo kutavugana n’umukoresha cyangwa gusoma ubutumwa bwe nyuma y’akazi. Ni itegeko ryatangiye gukurikizwa muri iki […]

Menya ibikubiye muri gahunda ya Leta y’imyaka itanu iri imbere ‘NST 2’

August 26, 2024 Muvunankiko Valens 0

Tariki ya 23    Kanama 2024 nibwo Inama y’Abaminisitiri yemeje icyiciro cya kabiri cya Gahunda y’igihugu yo kwihutisha iterambere (NST2) mu myaka  itanu iri imbere. Iyi […]

Isano iri hagati yo kurya inyama no kurwara indwara zidakira  

August 24, 2024 Umutesi Aline 0

Inyama, agashingwaryinyo, akaboga, akadahingwa, imbonekarimwe […] Aya ni amwe mu mazina akunze gukoreshwa iyo Abanyarwanda bavuga inyama kubera urukundo benshi bazikunda. N’ubwo inyama zikunzwe na […]

Gicumbi: Barasaba kwegerezwa ifumbire

August 24, 2024 Muhire Obed 0

Bamwe mu bakorera ubuhinzi bw’imboga mu gishanga cya Gasharu n’icya Gashirwe biri mu Murenge wa Byumba wo mu Karere ka Gicumbi baravuga ko bakomeje kurumbya […]

Rayon Sports inganyije n’Amagaju FC

August 23, 2024 Tuyisenge Yedidiya 0

Rayon Sports FC inganyije na Amagaju FC ibitego 2-2 mu mukino w’umunsi wa kabiri wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, umwaka w’imikino wa 2024-2025. […]

Ikibazo cy’amatara kuri ‘Kigali Pèle Stadium’ cyashakiwe umuti by’agateganyo

August 23, 2024 Tuyisenge Yedidiya 0

Nyuma y’ubutumwa bugufi Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yanyujije kuri X, Umujyi wa Kigali wahise itangaza ko ubu wabaye ushatse moteri ishobora kwifashishwa mu gucana […]

Perezida Kagame yakiriye abanyeshuri baherutse kwegukana umudari wa zahabu mu marushanwa y’imibare

August 22, 2024 Kwihangana Joshua 0

ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane, tariki 22 Kanama 2024, Perezida Paul Kagame yakiriye itsinda ry’abanyeshuri b’Abanyarwanda begukanye umudari wa zahabu mu marushanwa y’imibare […]

Ruhengeri: Abarenga ibihumbi 5000 bitabiriye Ihuriro ry’Urubyiruko

August 22, 2024 Tuyisenge Yedidiya 0

Urubyiruko Gatolika rusaga ibihumbi 5000 ruturutse hirya no hino mu Rwanda ndetse no mu mahanga, rwitabiriye Ihuriro ry’Urubyiruko rya 21 ku rwego rw’Igihugu. Iri huriro […]

Bamwe mu Banyarwanda basanga bikigoye guca ruswa mu nzego z’ibanze

August 22, 2024 Muvunankiko Valens 0

Nubwo u Rwanda ruri mu bihugu bigerageza kugabanya ikigero cya ruswa mu itangwa rya servisi, hari bamwe mu baturage basanga bikigoye kuba yacika cyane cyane […]

Posts pagination

« 1 … 139 140 141 … 169 »

AMAKURU MASHYA

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS