• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

Basketball: U Rwanda rukomeje kwitwara neza mu rugendo rugana mu Gikombe cy’Isi

August 22, 2024 NIYONKURU Cedric 0

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda mu bagore yongeye kuraza Abanyarwanda neza nyuma yo gutsinda ikipe y’Igihugu ya Argentine amanota 58 kuri 38 mu mikino y’amajonjora y’ibanze […]

Byinshi ukeneye kumenya ku muvuduko ukabije w’amaraso

August 21, 2024 Tuyiringire Esdras 0

Kenshi uzumva abantu muri iki gihe bavuga bati umuvuduko wazamutse gusa wamureba ukabona ni umuntu ukomeye ku buryo utamukekeraho kuba arwaye. Ibyo nibyo byatumye umunyamakuru […]

Gereza 5 zifite ubuzima bwiza kurusha izindi ku Isi

August 21, 2024 Kwihangana Joshua 0

Nubwo gereza nyinshi zivugwamo ibibazo byo gufata nabi abagororwa ndetse n’ubuzima bugoye, hari gereza zitandukanye ku isi zizwiho gufata neza abazifungiwemo ku buryo hari n’abadatinya […]

Basketball: U Rwanda na Argentine bigiye gucakirana

August 21, 2024 NIYONKURU Cedric 0

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu, tariki 21 Kanama 2024, Ikipe y’igihugu cy’u Rwanda ya baskeball y’abagore irakina umukino wayo wa kabiri n’Ikipe y’igihugu […]

Kamonyi: Ubugenzuzi bw’isuku ku nyubako za leta burarimbanyije

August 21, 2024 Umutesi Aline 0

Kuva kuri uyu wa Mbere, tariki ya 19 Kanama 2024, ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi bwatangiye igenzura ry’isuku ku nyubako za Leta n’izindi zihuriramo abantu benshi. […]

Icyamamare Klay Thompson yashimagije Bella Murekatete

August 20, 2024 NIYONKURU Cedric 0

Abakunzi b’umukino w’amaboko wa Basketball mu Rwanda bakomeje gucika ururondogoro kubera ubutumwa bwa Klay Thompson, igihangange muri Shampiyona ya mbere ku isi muri Basketball (NBA). […]

Perezida Kagame yakiriye indahiro z’abaminisitiri bashya

August 19, 2024 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 19 Nyakanga 2024, mu Ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye indahiro z’abaminisitiri bashya […]

Perezida Kagame yasabye abayobozi bashya gukosora ibitarakozwe neza muri manda ishize

August 19, 2024 Kwihangana Joshua 0

Mu muhango wo kwakira indaziho z’abagize Guverinoma n’Umuyobozi mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB), Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yongeye kwibutsa abayobozi bashya ko inshingano zabo […]

Umumaro wa gahunda y’Intore mu Biruhuko

August 19, 2024 ICK News 0

Mu gihe urubyiruko hirya no hino ruri muri gahunda y’intore mu biruhuko, bamwe mu bitabiriye iyi gahunda mu myaka ishize bavuga ko ari ingirakamaro cyane […]

Libya: Banki Nkuru yahagaritse imirimo kubera ishimutwa ry’umwe mu bayobozi bayo  

August 19, 2024 AYERA Belyne 0

Banki Nkuru ya Libya (CBL) yatangaje ko yahagaritse imirimo yayo yose nyuma y’uko umuyobozi wayo ushinzwe ikoranabuhanga, Musab Msallem, ashimutiwe imbere y’urugo rwe. Ibi yabitangaje […]

Posts pagination

« 1 … 140 141 142 … 169 »

AMAKURU MASHYA

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS