• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

KINYARWANDA

Mutharika wayoboye Malawi arashaka kugaruka ku butegetsi

August 19, 2024 AYERA Belyne 0

Kuri uyu wa 18 Kanama 2024 ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Malawi, Democratic Progress Party, ryashyigikiye uwahoze ari Perezida Peter Mutharika, w’imyaka 84, ngo abe […]

Zimbabwe: Amapfa, umutekano n’ubushita byahagurukije SADC

August 18, 2024 Muvunankiko Valens 0

Kuva kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 17 Kanama 2024, abakuru b’ibihugu na za guverinoma bo mu Muryango w’Ubukungu w’Ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo (SADC) bateraniye […]

Ni muntu ki? Ibyo wamenya kuri Dr. Ngirente, Minisitiri w’Intebe

August 18, 2024 IKUNDABAYO Pauline 0

Ku wa Gatatu w’iki cyumweru, tariki ya 14 Kanama 2024, Dr. Edouard Ngirente yarahiriye kongera kuba Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda nyuma yo gusoza imyaka irindwi […]

APR FC igiye kongera gutangira urugendo rutakunze kuyihira

August 17, 2024 Darius Shumbusho 0

Kuri uyu wa Gatanu tariki 16 Kanama 2024 nibwo APR FC yahagurutse mu Rwanda yerekeza muri Tanzaniya aho yagiye gukina na AZAM SC mu mikino […]

Kamonyi: Barashima gahunda ya Twigire mu mikino Rwanda

August 17, 2024 Muvunankiko Valens 0

Bamwe mu babyeyi bo mu Murenge wa Kayenzi ho mu karere ka Kamonyi, barishimira impinduka nziza zikomeje kugaragara ku bana babo biturutse kuri gahunda ya […]

Byinshi wamenya ku ndwara y’Ubushita yamaze gushyirwa mu zihangayikishije isi

August 16, 2024 Umutesi Aline 0

Ishami ry’umuryango w’Abibumbye wita ku Buzima (WHO) ryamaze gushyira indwara y’Ubushita bw’inkende mu zihangayikishije isi. Nk’uko byatangajwe n’Umuyobozi wa WHO, Dr. Tedros Adhanom Ghebreyesus kuba […]

Kutagira umuriro n’abawufite ukaba muke bibangamiye abatuye muri tumwe mu duce twa Gicumbi

August 16, 2024 Muhire Obed 0

Abaturage bo mu dusanteri twa Rwambariro na Gasiza, mu Murenge wa Byumba ho mu Karere ka Gicumbi barasaba kwegerezwa umuriro w’amashanyarazi kuko bakora urugendo rurerure […]

Kibeho si iya Gikongoro gusa-Musenyeri Selesitini HAKIZIMANA

August 16, 2024 Umutesi Aline 0

Mu birori byo guhimbaza Umunsi mukuru wa Asomusiyo i Kibeho kuri uyu wa Kane tariki 15 Kanama 2024, Musenyeri Selestini HAKIZIMANA, Umwepiskopi wa Diyosezi ya […]

APR BBC na Patriots BBC: Umukino w’ishiraniro kandi usobanuye byinshi muri Shampiyona

August 16, 2024 NIYONKURU Cedric 0

Abakunzi benshi b’umukino w’amaboko wa basketball bategerezanyije amatsiko umukino ukomeye uri buhuze APR BBC na Patriots BBC kuko ariwo uri bugene uwicara ku mwanya wa […]

DRC: Icyorezo cy’Ubushita bw’Inkende gikomeje kwiyongera umunsi ku munsi

August 15, 2024 Muvunankiko Valens 0

Mu mujyi wa Goma, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, amakipe y’abaganga arimo gukora cyane kugira ngo amenye abarwayi b’Ubushita bw’inkende (monkeypox) buhari uko buhagaze, […]

Posts pagination

« 1 … 141 142 143 … 169 »

AMAKURU MASHYA

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

  • Igikomangoma Harry na Meghan Markle bongeye gutura mu Bwongereza

    Igikomangoma cyo mu bwami bw’u Bwongereza, Harry hamwe n’umugore we Meghan Markle, basubiye gutura mu gihugu cyabo hamwe n’abana babo babiri, Archie na Lilibet, nyuma […]

  • Minisitiri Utumatwishima yagaragaje amasomo urubyiruko rwakwigira kuri Korali ‘Ambassadors of Christ’

    Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yavuze ko urubyiruko rwakwigira byinshi kuri Korali Ambassadors of Christ Choir, itsinda rimaze imyaka 30 rikora […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS