Ni iki cyadindije umuhanda Ngoma-Ramiro?
Mu Ukwakira 2021, Leta y’u Rwanda binyuze mu Kigo Gishinzwe iterambere ry’Ubwikorezi (RTDA) yatangije umushinga wo kubaka umuhanda ‘Ngoma-Ramiro’ ufite ibirometero 52. N’ubwo byari biteganyijwe […]
Mu Ukwakira 2021, Leta y’u Rwanda binyuze mu Kigo Gishinzwe iterambere ry’Ubwikorezi (RTDA) yatangije umushinga wo kubaka umuhanda ‘Ngoma-Ramiro’ ufite ibirometero 52. N’ubwo byari biteganyijwe […]
Ishyaka ryayoboye Botswana kuva yabona ubwigenge mu 1966 ryakubiswe inshuro mu matora y’iki gihugu yabaye muri iki cyumweru, kuko iri shyaka ryatakaje ubwiganze busesuye mu […]
Abakorerabushake barashimirwa umusanzu ntagereranywa batanga mu bikorwa bitandukanye birimo kwita ku mibereho myiza y’abaturage, kubaka ibikorwa remezo, no gukumira ibyaha. Ibi byagarutsweho n’Umuyobozi w’Intara y’Amajyaruguru, […]
Kuva kuri uyu wa Gatanu tariki ya 1 Ugushyingo 2024, Abakaridinali bakorera i Vatikani baratangira kwakira umushahara muto kuwo bari basanzwe bafata. Ni icyemezo cyafashwe […]
Kuri uyu wa Kane, tariki ya 31 Ukwakira 2024, abanyeshuri 20 biga itangazamakuru muri kaminuza enye zo mu Rwanda basoje amahugurwa y’iminsi itatu ku binyanye […]
Kuri uyu wa Kane, Minisiteri y’ingabo za Tayiwani (MND) yatangaje ko ikirere cyayo cyavogerewe n’indege umunani z’Igisirikari cy’Ubushinwa. Muri izi ndege ngo harimo enye […]
Byibuze abantu 95 bamaze kwicwa n’umwuzure wibasiye igihugu cya Espagne, nyuma y’imvura ikomeye yaguye mu ntara y’Uburasirazuba bwa Valencia, nk’uko ubuyobozi bw’iyi ntara bwabitangaje kuri […]
Ubushinjacyaha bwasabye urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro kuzafunga Miss Muheto Divine Nshuti umwaka n’amezi umunani kubera ibyaha ashingwa birimo gutwara ikinyabiziga yanyoye, kugonga ibikorwaremezo, gutwara nta […]
Urukiko rwo mu Gihugu cy’Uburusiya rwaciye Google ihazabu y’amadorari ya Amerika angana na $20,000, 000, 000, 000,000,000, 000, 000, 000, 000, 000, amafaranga aruta ari […]
Afurika ni umugabane wahuye n’ibizazane by’ubutegetsi n’ihungabana rya politiki kuva ibihugu biwugize byatangira kubona ubwigenge hagati mu kinyejana cya 20 aho hagiye humvikana ihirikwa ry’ubutegetsi […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS