• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Cameroun: Perezida Paul Biya w’imyaka 92 yavuze ko aziyamamariza indi manda

July 14, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Perezida w’igihugu ukuze kurusha abanda ku Isi, Paul Biya w’imyaka 92, yatangaje ko aziyamamaza mu matora y’umukuru w’igihugu cya Cameroun azaba mu Ukwakira k’uyu mwaka. […]

Muhammadu Buhari wahoze ayobora Nigeria yitabye Imana afite imyaka 82

July 14, 2025 Kwihangana Joshua 0

Muhammadu Buhari,  wahoze ayobora Nigeria yitabye Imana afite imyaka 82 azize uburwayi. Uyu mugabo wari umaze igihe yivuriza mu Bwongereza, yashizemo umwuka ku cyumweru tariki […]

Siriya: 30 bapfuye abandi 100 barakomereka mu mirwano yashyamiranyije amoko

July 14, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Nibura abantu 30 bamaze gupfira mu mujyi wa Sweida muri Siriya, mu mirwano yabaye hagati y’amatsinda yo mu idini rya ‘Druz’ na bo mu moko […]

Abepiskopi barenga 250 bagiye guhurira mu Rwanda

July 13, 2025 Tuyisenge Yedidiya 0

Kuva tariki 31 Nyakanga 2025 kugera tariki 03 Kanama 2025, Abepiskopi 280 baturutse hirya no hino muri Afurika na Madagascar bazateranira mu Rwanda, mu nteko […]

Kim Jong-un yemeje ko ashyigikiye Uburusiya mu ntambara na Ukraine

July 13, 2025 Kwihangana Joshua 0

Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong-un, yongeye kwemeza ko ashyigikiye byimazeyo Uburusiya mu ntambara buhanganyemo na Ukraine. Ibi yabitangaje ubwo yahuraga na Minisitiri w’Ububanyi […]

Perezida wa Kenya William Ruto ntiyorohewe n’uburakari bw’abaturage

July 12, 2025 Kwihangana Joshua 0

Perezida William Ruto yageze ku butegetsi ashyigikiwe cyane n’abaturage bari bizeye ko azasohoza ibyo yari yarabasezeranyije byo kuzamura imibereho yabo. Nyamara, aho kubigeraho, ubu ahanganye […]

Banki zo mu Rwanda zigiye gutanga inguzanyo yo gushyigikira iyubakwa ry’Ikibuga cy’Indege gishya

July 12, 2025 Philos Muhire 0

Itsinda rya zimwe muri banki zikomeye mu Rwanda nka BPR Bank Rwanda Plc, Banki ya Kigali (BK), na Banki y’Iterambere y’u Rwanda (BRD), rigiye gutanga […]

Imirimo yo kuvugurura kwa ‘Yezu Nyirumpuhwe’ yatangiye

July 12, 2025 Philos Muhire 0

Mu ntangiro z’uku kwezi kwa Nyakanga 2025, Ubuyobozi bw’Ingoro ya Yezu Nyirimpuhwe iherereye mu Karere ka Ruhango bwatangaje ko imirimo yo kuvugurura iki kibaya yatangiye […]

Abaganga b’amaso bongerewe ubumenyi mu kubaga indwara ya Glaucoma

July 12, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Indwara ya Glaucoma ikomeje kuza ku isonga mu ziteza ubuhumyi bwa burundu muri Afurika, aho abarwayi benshi bayimenya baramaze kuremba bikabije, maze ubushobozi bwo kuvura […]

Ubuhinde: Hatangajwe icyateye impanuka y’indege iherutse kwica abantu 260

July 12, 2025 Kwihangana Joshua 0

Nk’uko bigaragara muri raporo y’agateganyo y’Ibiro bishinzwe gukora iperereza ku mpanuka z’indege mu Buhinde (Aircraft Accident Investigation Bureau), impanuka y’indege ya Air India yabaye mu […]

Posts pagination

« 1 … 93 94 95 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS