• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Perezida Kagame yashyizeho abayobozi bashya

July 16, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 16 Nyakanga 2025, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yashyizeho abayobozi […]

Barack Obama n’umugore we Michelle bashyize umucyo ku bivugwa ko batandukanye

July 16, 2025 Kwihangana Joshua 0

Barack Obama na Michelle Obama bongeye kunyomoza ibihuha byavugaga ko batandukanye, nyuma y’amezi menshi hibazwa ku mibanire yabo mu rugo. Obama wahoze ari Perezida wa […]

RSF yashinjwe kwica abantu 300 ku munsi umwe muri Sudani

July 16, 2025 Kwihangana Joshua 0

Abaharanira uburenganzira bwa muntu muri Sudani batangaje ko imibare y’abantu bicwe n’inyeshyamba za Rapid Support Forces (RSF) kuwa gatandatu yageze kuri 300.” RSF imaze igihe […]

Abanya-Afuganistani 16,000 bimuriwe mu Bwongereza mu ibanga rikomeye

July 16, 2025 Kwihangana Joshua 0

Guverinoma y’u Bwongereza imaze igihe muri gahunda yo kwimura Abanya-Afuganistani kubera impungenge z’uko bashobora guhigwa n’Abatalibani bakabagirira nabi nyuma y’uko bongeye gufata ubutegetsi kuko benshi […]

Umukambwe Fauja Singh, wamamaye mu mukino wa Marathon, yitabye Imana afite imyaka 114

July 15, 2025 Kwihangana Joshua 0

Umukambwe Fauja Singh, wamamaye cyane mu mikino yo gusiganwa ku maguru izwi nka Marathon, yitabye Imana afite imyaka 114, nk’uko Polisi yo mu Buhinde yabitangaje.Amakuru […]

Indirimbo za Beyoncé zitarasohoka zibwe

July 15, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Inzego zishinzwe umutekano mu mujyi wa Altanta muri Leta Zunze ubumwe za Amerika zatangaje ko indirimbo za Beyoncé zitarashyirwa ahagaragara ziri mu bintu byinshi byibiwe […]

RIB yatangaje ko ibyaha by’ingengabitekerezo ya Jenoside byazamutseho 8.4% ugereranyije na 2024

July 15, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko ibyaha nibura 253 by’ingengabitecyerezo ya Jenoside n’ibindi bifitanye isano nayo  bikekwa ko byagizwemo uruhare n’ abantu barenga 296, byakozwe […]

Kiliziya y’u Rwanda irashima uruhare rwa Leta mu myiteguro ya SECAM 2025

July 15, 2025 NDAHAYO Elias 0

Arkiyepiskopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda, Antoine Karidinali Kambanda arashima ubufatanye Leta y’u Rwanda yagaragaje mu gushyigikira Ihuriro ry’Abepiskopi bo […]

Hashyizweho amabwiriza mashya ku micungire y’inzu za Leta

July 14, 2025 Kwihangana Joshua 0

Ku wa 30 Kamena 2025, Leta y’u Rwanda, ibinyujije muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, yatangaje ishyirwaho ry’amabwiriza mashya ajyanye no gutuza abaturage. Aya mabwiriza agamije gukemura […]

Perezida Ramaphosa Yahagaritse by’Agateganyo Minisitiri w’Umutekano

July 14, 2025 Kwihangana Joshua 0

Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yahagaritse by’agateganyo Minisitiri w’Umutekano, Senzo Mchunu, kubera ibirego akurikiranyweho bimushinja kugira aho ahurira n’ibikorwa by’ubugizi bwa nabi. Mu ijambo […]

Posts pagination

« 1 … 92 93 94 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS