Perezida Kagame yashyizeho abayobozi bashya
Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 16 Nyakanga 2025, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yashyizeho abayobozi […]
Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 16 Nyakanga 2025, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yashyizeho abayobozi […]
Barack Obama na Michelle Obama bongeye kunyomoza ibihuha byavugaga ko batandukanye, nyuma y’amezi menshi hibazwa ku mibanire yabo mu rugo. Obama wahoze ari Perezida wa […]
Abaharanira uburenganzira bwa muntu muri Sudani batangaje ko imibare y’abantu bicwe n’inyeshyamba za Rapid Support Forces (RSF) kuwa gatandatu yageze kuri 300.” RSF imaze igihe […]
Guverinoma y’u Bwongereza imaze igihe muri gahunda yo kwimura Abanya-Afuganistani kubera impungenge z’uko bashobora guhigwa n’Abatalibani bakabagirira nabi nyuma y’uko bongeye gufata ubutegetsi kuko benshi […]
Umukambwe Fauja Singh, wamamaye cyane mu mikino yo gusiganwa ku maguru izwi nka Marathon, yitabye Imana afite imyaka 114, nk’uko Polisi yo mu Buhinde yabitangaje.Amakuru […]
Inzego zishinzwe umutekano mu mujyi wa Altanta muri Leta Zunze ubumwe za Amerika zatangaje ko indirimbo za Beyoncé zitarashyirwa ahagaragara ziri mu bintu byinshi byibiwe […]
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko ibyaha nibura 253 by’ingengabitecyerezo ya Jenoside n’ibindi bifitanye isano nayo bikekwa ko byagizwemo uruhare n’ abantu barenga 296, byakozwe […]
Arkiyepiskopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda, Antoine Karidinali Kambanda arashima ubufatanye Leta y’u Rwanda yagaragaje mu gushyigikira Ihuriro ry’Abepiskopi bo […]
Ku wa 30 Kamena 2025, Leta y’u Rwanda, ibinyujije muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, yatangaje ishyirwaho ry’amabwiriza mashya ajyanye no gutuza abaturage. Aya mabwiriza agamije gukemura […]
Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yahagaritse by’agateganyo Minisitiri w’Umutekano, Senzo Mchunu, kubera ibirego akurikiranyweho bimushinja kugira aho ahurira n’ibikorwa by’ubugizi bwa nabi. Mu ijambo […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS