• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Misa zibera kuri Bazilika ya Mutagatifu Petero zigiye kujya zisemurwa mu ndimi 60 hifashishijwe AI

February 24, 2026 ICK News 0

Vatikani yatangaje ko guhera mu rugaryi izatangiza uburyo bushya bwo guhindura indimi icyarimwe bukoresheje ubwenge buhangano (AI), buzafasha abantu gukurikira ibirori bya liturijiya bibera muri […]

Amerika: Ingendo z’indege zirenga 5,000 zahagaritswe kubera urubura

February 24, 2026 ICK News 0

Umuyaga ukomeye wibasiye inkombe z’iburasirazuba bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri uyu wa mbere, uzana urubura rwinshi rwaciye agahigo mu mateka, bituma ubuzima bwa […]

Impamvu u Rwanda rukeneye abakozi 3000 bo gutanga serivisi z’ubutaka

February 23, 2026 ICK News 0

Minisitiri w’Ibidukikije, Dr. Arakwiye Bernadette yatangaje ko igihugu gikeneye abakozi 3000 bo gufasha mu guhangana n’ikibazo cya serivisi z’ubutaka zisigaye zitinda. Yatangaje ko ikibazo cya […]

U Burusiya bwatangije intambara ya gatatu y’Isi muri Ukraine – Perezida Zelensky

February 23, 2026 ICK News 0

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatangaje ko u Burusiya bwatangije intambara ya gatatu y’Isi mu gihugu cye, asaba umuryango mpuzamahanga kuyihagarika nta gukererwa. Ibi Zelensky […]

Should couples reveal their past before marriage?

February 20, 2026 ICK News 0

As couples prepare for marriage and a life together, one question often arises: is it necessary to share every secret from the past? In everyday […]

Perezida Trump ashobora kwitirirwa ikibuga cy’indege cy’i Florida

February 20, 2026 Philbert MBONIGABA 0

Abagize Inteko Ishinga Amategeko ya Florida muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, batoye itegeko rigamije kwitirira Perezida Donald Trump, ikibuga cy’indege cyo muri iyi Leta. […]

Koreya y’Epfo: Uwahoze ari Perezida yakatiwe igifungo cya burundu

February 19, 2026 ICK News 0

Urukiko rwo muri Koreya y’Epfo rwakatiye Yoon Suk Yeol, wahoze ari Perezida w’iki gihugu, igifungo cya burundu nyuma yo kumuhamya ibyaha birimo gukoresha nabi ububasha […]

Perezida Kagame yakiriye bamwe mu bitabiriye Inama Mpuzamahanga y’Uburezi

February 19, 2026 ICK News 0

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 18 Gashyantare 2026, yakiriye bamwe mu bayobozi b’abafatanyabikorwa bitabiriye Inama Mpuzamahanga ku Burezi, barimo […]

Abakristu Gatolika batangiye igisibo ku wa Gatatu w’Ivu, Papa abahamagarira kwiyiriza ubusa no kwirinda amagambo akomeretsa.

February 18, 2026 ICK News 0

Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 18 Gashyantare 2026, abakristu Gatolika ku isi hose batangiye Igihe cy’Igisibo cy’iminsi 40, kibategurira kwizihiza Pasika yibutsa ububabare, urupfu […]

Gisagara: Hizihijwe umunsi w’umuhinzi, bakangurirwa guhinga imbuto nshya y’ibigori idakangwa n’ibihe

February 18, 2026 Daniel Niyonkuru 0

Ku wa Kabiri tariki ya 17 Gashyantare 2026, mu Murenge wa Save, mu Karere ka Gisagara, hizihijwe Umunsi w’Umuhinzi, abahinzi bamurikirwa imbuto z’indobanure z’ibigori zirimo […]

Posts pagination

« 1 … 26 27 28 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Ikipe yatsinze umukino izajya ihabwa miliyoni: Ibihembo byongerewe muri BK Pro League

    Urwego Rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, rwazamuye inkunga n’ibihembo rugenera amakipe azakina shampiyona ya BK Pro League 2026-2027. Inkunga n’ibihembo bishya bigamije kurushaho […]

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS