• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Dr. Usta Kayitesi yakiriye inyandiko zemerera uhagarariye UNAIDS mu Rwanda gutangira inshingano

May 5, 2026 ICK News 0

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Dr. Usta Kayitesi, kuri uyu wa Kabiri tariki 05 Gicurasi 2026, yakiriye inyandiko zemerera Dr. Richard Noamesi […]

U Rwanda rukomeje ingamba zo guteza imbere urubyiruko nubwo hakiri imbogamizi

May 5, 2026 ICK News 0

Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr Utumatwishima Jean Népo Abdallah yavuze ko Leta y’u Rwanda ikomeje gushyira imbere ingamba zigamije guteza imbere urubyiruko, binyuze mu kurworohereza […]

Abana banditswe mu irangamimerere bariyongereye mu 2025

May 4, 2026 ICK News 0

Mu mwaka wa 2025, abana 356,838 ni bo banditswe mu irangamimerere mu Rwanda, bigaragaza intambwe ishimishije mu gukomeza kunoza serivisi z’ingenzi ku baturage no kubahiriza […]

U Rwanda na Tanzania byiyemeje kurushaho gufatanya mu bucuruzi n’ibikorwaremezo

May 3, 2026 ICK News 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yagiriye uruzinduko rw’akazi rw’umunsi umwe muri Tanzania kuri iki Cyumweru tariki ya 3 Gicurasi 2026, aho yakiriwe na […]

Igitaramo cya Pasika n’icya Noheli bigomba kuba umuco i Kabgayi– Musenyeri Ntivuguruzwa

May 3, 2026 IKUNDABAYO Pauline 0

Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, Nyiricyubahiro Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa yavuze ko guhimbaza ibitaramo byo kwizihiza Pasika na Noheli bigomba kuba umuco uhoraho muri iyi Diyosezi, […]

Perezida Kagame ategerejwe muri Tanzania

May 2, 2026 ICK News 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ategerejwe mu gihugu cya Tanzania ku Cyumweru tariki ya 03 Gicurasi 2026, aho azagirira uruzinduko rw’akazi rw’umunsi umwe […]

Musenyeri Ntivuguruzwa yagaragaje ko hakenewe ubufatanye mpuzamahanga mu gukemura ibibazo byugarije isi y’umurimo

May 1, 2026 Philbert MBONIGABA 0

Umwepiskopi wa Diyosezi ya Kabgayi, Nyiricyubahiro Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa yagaragaje ko ibibazo by’intambara n’amakimbirane mu bihugu bitandukanye bikomeje kugira ingaruka zikomeye ku isi y’umurimo, ashimangira […]

Ukuri ntikwirwanirira- Madamu Jeannette Kagame

April 30, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Madamu Jeannette Kagame yatanze ubutumwa bugaruka ku nshingano zo Kwibuka, ubutwari bw’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bwo gukomeza guharanira kubaho ndetse n’inshingano buri munyarwanda afite zo […]

Perezida Kagame arateganya uruzinduko rw’akazi muri Botswana

April 30, 2026 ICK News 0

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ateganya kugirira uruzinduko rw’akazi muri Botswana kuva tariki ya 6 kugeza ku ya 7 Gicurasi 2026, ku butumire […]

People with Disabilities in Muhanga Call for Investigation into Mismanaged Cooperative Assets

April 29, 2026 ICK News 0

People with disabilities in Rongi Sector of Muhanga District are appealing to authorities to investigate the alleged mismanagement of assets belonging to their cooperative, Twisungane […]

Posts pagination

« 1 … 14 15 16 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Ikipe yatsinze umukino izajya ihabwa miliyoni: Ibihembo byongerewe muri BK Pro League

    Urwego Rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, rwazamuye inkunga n’ibihembo rugenera amakipe azakina shampiyona ya BK Pro League 2026-2027. Inkunga n’ibihembo bishya bigamije kurushaho […]

  • Trump yasinye itegeko rihindura izina ry’Ikiyaga cya Ontario cyikitwa ‘Ikiyaga cya America’

    Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku itegeko rishya ritegeka ko ikiyaga cya Ontario, gisangiwe na Amerika na Canada, cyitwa […]

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakareka kuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS