• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

ICK na CHE mu rugendo rwo gukomeza guteza imbere uburezi bujyanye n’igihe

April 5, 2025 Muhire Obed 0

Ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) na Kaminuza ya Christelijke Hogeschool Ede (CHE) bakomeje gahunda yo kwagura imikoranire bikagera no ku cyiciro cya gatatu cya […]

Amerika: DHS yibeshye isaba Abanya-Ukraine bahahungiye gusubira iwabo

April 5, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuwa gatanu w’ejo hashize , muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Minisiteri Ishinzwe Umutekano w’Imbere mu gihugu  (DHS) yatangaje ko yoherereje ubutumwa bugufi ku Banya-Ukraine […]

Koreya y’Epfo: Perezida yegujwe ku butegetsi

April 4, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 4 Mata 2025, Urukiko Rushinzwe Kurinda Itegeko Nshinga muri Koreya y’Epfo rwemeje umwanzuro watowe n’inteko inshinga amategeko wo kweguza […]

Zimbabwe: Abaturage ntibavuga rumwe na Perezida Mnangagwa wifuza kwiyongeza manda ya gatatu

April 4, 2025 Kwihangana Joshua 0

Mu gihugu cya Zimbabwe, hakomeje kumvikana amakuru yo gushaka guhirika k’ubutegetsi Perezida Emmerson Mnangagwa,bitewe n’inkundura  yo gushaka uzamusimbura yatangiye mbere y’amatora rusange ateganyijwe mu 2028. […]

Umuvugizi wa Guverinoma y ‘u Rwanda wungirije yitabye Imana

April 4, 2025 JEAN MARC DUSINGIZE 0

Kuri uyu wa Gatanu, tariki 04 Mata 2025 umuvugizi wungirije wa Guverinoma y ‘u Rwanda Alain Mukuralinda Bernard yitabye Imana azize indwara y’umutima nk’uko byatangajwe n’ibiro […]

Hongiriya yatangaje ko igiye kuva mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC)

April 4, 2025 Kwihangana Joshua 0

Minisitiri w’Intebe wa Hongriya Viktor Orban yemeje ko igihugu cye kigiye kwikura muri ICC nyuma y’uko Minisitiri w’Intebe wa Isiraheli, Benjamin Netanyahu, washyiriweho impapuro zo […]

Abayobozi bo ku Isi bamaganye imisoro yashyizweho na Perezida Trump

April 3, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Ibihugu bitandukanye ku Isi, birimo na bimwe bisanzwe ari inshuti za Leta Zunze Ubumwe za amarika, byamaganye imisoro yatangajwe na Perezida Donald Trump, kandi bimwe […]

Uganda: Abimuwe kubera ibikorwa byo kubaka umuyoboro wa peteroli barataka ko bahawe ingurane zidahagije

April 3, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuwa kabiri w’iki cyumweru umuryango udaharanira inyungu Haki Defenders Foundation ukorera i Kampala hamwe na Kaminuza ya Sheffield basohoye raporo ishingiye ku biganiro bagiranye n’abantu […]

Trump yatangaje imisoro ku bihugu, u Bushinwa n’Umuryango w’Uburayi byiyemeza kwihimura

April 3, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Icyemezo cya Perezida Donald Trump cyo gushyiraho umusoro w’i 10% ku bicuruzwa byinshi byinjira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ndetse no kongera cyane imisoro […]

Abiga mu mwaka wa mbere muri Kaminuza y’u Rwanda barasaba guhabwa mudasobwa bemerewe

April 2, 2025 Manishimwe Janvier 0

Abanyeshuri biga mu mwaka wa mbere muri Kaminuza y’u Rwanda baravuga ko hashize amezi arenga arindwi batarahabwa mudasobwa bijejwe na leta, nyamara bari barasezeranyijwe kuzazihabwa […]

Posts pagination

« 1 … 132 133 134 … 264 »

AMAKURU MASHYA

  • Umwami Harald V wa Norvège yatanze afite imyaka 89

    Umwami Harald V wa Norvège yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 28 Kanama 2026, afite imyaka 89 y’amavuko. Ibi byemejwe n’ubwami bwa Norvège, bwatangaje ko yapfiriye mu mahoro mu bitaro bya Kaminuza bya Oslo saa 6:35 za mu gitondo. Harald V yari amaze iminsi arwaye, aho yariyarajyanywe mu bitaro kuva ku wa 17 Kanama 2026. Yari arwaye indwara ya haemolyticanaemia, nyuma ubuzima bwe bukomeza kuzamba, kugeza ubwo Ibwami batangaje ko yari arembye cyane. Yabaye Umwami wa Norvège mu 1991, asimbuye se Umwami Olav V. Yamaze ku ntebe y’ubwami imyaka irenga 35, akaba yari umwe mu bami bari bamaze igihe kirekire bayoboye […]

  • Clare Akamanzi yerekanye uburyo siporo ari ubukungu n’uburezi aho kuba imyidagaduro gusa

    Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi, yasabye Abanyafurika guhindura imyumvire kuri siporo, bakarekakuyifata nk’impano cyangwa imyidagaduro gusa, ahubwo bakayibonamo urwego rw’ubukungu n’igice cy’ingenzi cy’uburezi bw’abana. Akamanzi yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhinduraimyumvire hagamijwe kugera ku iterambere ry’Umugabane waAfurika n’abawutuye, yaberaga muri Kigali Convention Centre, ubwo yavugaga ku mpinduka mu myumvire Afurika ikeneyekugira ngo siporo irusheho kugira uruhare mu iteramberery’umugabane. Yavuze ko impinduka ikomeye ikenewe ari uguhindura uburyo Abanyafurika babona siporo, kuko ubushobozi bwayo burenzekure kuba urwego rw’imyidagaduro cyangwa aho abantu berekanira impano. Yagize ati: “Impinduka ikomeye mu myumvire ikenewe niuburyo […]

  • U Bwongereza: Umurwayi wa mbere yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe AI

    Rhys Hibbert, umubyeyi w’abana babiri w’imyaka 48 wo mu Bwongereza, yabazwe ikibyimba cyo mu bwonko hifashishijwe Ubwenge Buhangano (AI). Ni uburyo bwafashije abaganga kwirinda kwangiza imitsi y’ingenzi. Hibbert wo muri Bedfordshire iherereye mu gice cy’Iburasirazuba bw’u Bwongereza, yari afite ikibyimba kidafite kanseri kingana na 11mm, cyari kiri kuri ‘pituitary gland’, agace k’ubwonko gafite uruhare mu kugenzura imisemburo y’ingenzi mu mubiri. Iki kibyimba cyari hafi y’imiyoboro ya ‘carotid’ ndetse n’imitsi y’amaso, ku buryo kubaga byasabaga ubwitonzi bukomeye. Abaganga bavuze ko iyo atabagwa, yashoboraga gutakaza ubushobozi bwo kubona. Mu gihe cyo kubagwa, AI yasesenguraga amashusho y’igikorwa ako kanya, igafasha abaganga kumenya imitsi n’imiyoboro y’amaraso by’ingenzi. Hibbert yavuze ko abona AI nk’ikoranabuhanga rishobora kongera umutekano w’abarwayi mu gihe cyo kubagwa, cyanecyane kuko nta buryo bworoshye bwo kubona “inzira” imberemu mutwe w’umuntu. Uyu  mugabo yari asanzwe afite ubuzima bwiza, ariko yajekugwa hasi ataye ubwenge ubwo yari mu rugendo rw’amaguru. Isuzuma ryakozwe nyuma y’aho,ni ryo ryagaragaje icyokibyimba. […]

  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kugira intego no kudacika intege

    Perezida Paul Kagame yasabye urubyiruko kugira intego mu buzima, gufata ibyemezo bifite icyo bihindura kuri bo no kubandi, ndetse no kudacika intege igihe bahuye n’ibibazocyangwa bagakora amakosa mu rugendo rwabo. Perezida Kagame yabigarutseho mu Nama Nyafurika kuguhindura imyumvire hagamijwe kugera ku iteramberery’Umugabane wa Afurika n’abawutuye, yaberaga i Kigali, ubwo yagiraga ubutumwa agenera urubyiruko n’abandi bakurikiraga iy’inama. Yavuze ko umuntu ufata ibyemezo bikomeye cyangwa akagiraubutwari bwo gushyira ubuzima bwe ku murongo […]

  • Tanzania: Uwari Visi Perezida Dr. Emmanuel Nchimbi yirukanwe muri CCM

    Inama Nkuru y’Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM), riri ku butegetsi muri Tanzania, yateranye ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2026, iyobowe na Perezida wa […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS