Miliyari 32 Frw zigiye gushorwa mu kuzamura ubumenyi bw’Icyongereza mu barimu
Minisiteri y’Uburezi ivuga ko nyuma y’imyaka irenga 15 u Rwanda rufashe icyemezo cyo gukoresha Icyongereza nk’ururimi rutangwamo amasomo, hakigaragara igice kinini cy’abarimu badafite ubushobozi buhagije […]
