• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

Uncategorized

ICK: REMA Engages Environmental Club Members

November 19, 2024 IRATUZI Bardine 0

Monday , a delegation from the Rwanda Environment Management Authority (REMA) visited students at the Institut Catholique de Kabgayi (ICK) who are part of the […]

ICK: REMA yasuye itsinda ryo kurengera ibidukikije  

November 19, 2024 IKUNDABAYO Pauline 0

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 18 Ugushyingo 2024, bamwe mu bakozi b’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kubungabunga Ibidukikije (REMA) basuye abanyeshuri ba ICK bibumbiye mu Itsinda […]

Imyaka 20 iruzuye Amavubi adakandagira mu gikombe cya Afurika

November 18, 2024 NIYONKURU Cedric 0

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 18 Ugushyingo 2024, Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda yujuje imyaka 20 itazi uko imikino ya nyuma y’Igikombe cya Afurika imera.Ni […]

EU Adds Rwf 29.5B for Rwandan Troops in Mozambique

November 18, 2024 Norah Nayebare 0

EU Increases Support for Rwandan Troops in Mozambique by Rwf 29.5 Billion The European Union (EU) has significantly enhanced its support for the Rwandan military’s […]

Amerika yemereye Ukraine kurasa imbere mu Burusiya

November 18, 2024 ICK News 0

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yemereye Ukraine gukaba ibitero mu Burusiya ikoresheje misile zirasa kure zatanzwe na Amerika. Iki cyemezo kije […]

Menya ingamba zafatiwe mu Ihuriro rya 17 ry’Umuryango Unity Club Intwararumuri

November 18, 2024 Philbert Mbonigaba 0

Ku wa 16 Ugushyingo 2024, muri ‘Kigali Convention Center habereye Ihuriro rya 17 ry’umuryango Unity club Intwararumuri, ahafatiwe ingamba zinyuranye ku bijyanye n’ubumwe bw’Abanyarwanda.Ni ihuriro […]

Isiraheli yigambye kwangiza ikigo cya Iran gitunganya ingufu za Nikleyeri

November 17, 2024 ICK News 0

Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Isiraheli biratangaza ko ikigo cya Iran gikora ubushakashatsi ku ngufu za nikleyeri cyangijwe bikomeye n’ibitero by’indege Israheli yagabye kuri […]

COP29: Experts call for Overhaul of UN Climate Talks

November 16, 2024 Philbert MBONIGABA 0

A group of former leaders and climate experts said the annual UN COP climate talks were no longer fit for purpose and needed to be […]

COP: Impuguke zirasaba impinduka ku nama ziga ku mihindagurikire y’ikirere

November 16, 2024 Philbert MBONIGABA 0

Itsinda ry’abahoze ari abayobozi n’inzobere mu bijyanye n’ikirere bavuga ko ibiganiro ngarukamwaka by’umuryango w’abibumbye, COP bitagihuye n’intego kandi ko bikeneye kuvugururwa byihutirwa. Ni ibikubiye mu […]

Gatsibo: Abikorera biyemeje kubaka gare n’isoko i Ngarama

November 16, 2024 Ishimwe Honore 0

Hashize igihe bamwe mu baturage bo mu karere ka Gatsibo, by’umwihariko mu isantere ya Ngarama basaba ubuyobozi bw’aka karere kububakira gare n’isoko bigezweho. Aba baturage […]

Posts pagination

« 1 … 124 125 126 … 201 »

AMAKURU MASHYA

  • Bugesera: Abaturage boroje inka imiryango ibiri itishoboye mu kwizihiza Umunsi w’Umuganura

    Abaturage bo mu Murenge wa Ruhuha, Akarere ka Bugesera, kuri uyu wa Gatanu bifatanyije n’Abayobozi ba karere kwizihizaUmunsi w’Umuganura wa 2026 wari ufite insanganyamatsikoigira iti: “Umuganura, isoko y’ubumwe n’inshingiro ryokwigira.” Muri uwo muhango wabereye mu Kagari ka Gatanga, abaturagebatabashije kubona umusaruro baganujwe, hanorozwa inkaimiryango ibiri itishoboye mu rwego rwo guteza imbereimibereho myiza n’ubwizigame. Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera, Mutabazi Richard, yavuzeko insanganyamatsiko y’uyu mwaka yibutsa Abanyarwanda ko ubumwe ari bwo shingiro ry’igihugu, naho kwigira akaba ari yonzira y’iterambere rirambye ridashingiye ku nkunga ziturukahanze. Yagize ati “Umuganura ni umwanya wo gusubiza amaso inyumatukibuka ko abasokuru bacu basangiraga umusaruronk’ikimenyetso cy’ubumwe. Uyu munsi uratwibutsa gukomezagusigasira indangagaciro z’umuco nyarwanda zirimo gukundaigihugu, gukora umurimo unoze, gufashanya, gutabarana no gusabana.” Ni mu gihe Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurengewa Ruhuha, Marthe Uwamugira, yavuze ko Umuganura ariumuco nyarwanda wihariye wibutsa Abanyarwanda gushimiraibyo bagezeho, gusangira umusaruro no kongera gutekereza kubyo bagomba gukora kugira ngo ejo hazaza harusheho kubaheza. Ati “Uyu munsi si uwo kureba gusa ibyo twagezeho, ahubwo niumwanya wo kwishimira ibyagezweho, gushimira uruhare rwaburi wese no kongera kwiyemeza gukora ibikorwa biteza imbereimiryango yacu. Iterambere rirambye rishingira ku ruhare rwaburi muturage.” Yakomeje asaba abaturage gukomeza gukorana n’ubuyobozi, kwitabira gahunda za Leta zigamije iterambere, kurangwan’isuku, kwita ku burezi bw’abana no kwirinda guta amashuri, kwita ku buzima birinda inzoga z’inkorano zitujuje ubuziranengen’ibiyobyabwenge, guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi ndetse no kugira uruhare mu kubungabunga umutekano n’imiberehomyiza.  Yibukije kandi ko kwigira bisaba gukora no kudategerezainkunga, avuga ko “akimuhana kaza imvura ihise.” Inararibonye Ntaganzwa Jean Claude yavuze ko Umuganurawigisha buri Munyarwanda gusuzuma amahitamo yakozen’umusaruro yagezeho kugira ngo amenye aho yakosheje n’ahoakwiriye kongera imbaraga. Yagize ati: “Dukwiye gusubiza amaso inyuma tukareba ibyotwagezeho n’ibyo tutagezeho tukibaza impamvu. Ibyobizadufasha kongera umusaruro mu mwaka utaha. Tugombagukura amaboko mu mufuka, tugakora, tukigira kuko igihugucyubakwa n’abaturage bacyo bakora.” Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa ubutumwa bw’uyu munsi, abaturage batabashije kubona umusaruro baganujwe basangiran’abandi, hanorozwa inka imiryango ibiri itishoboye mu rwegorwo kuyifasha kwiteza imbere no kongera ubushobozi bwokwigira. Umunsi w’Umuganura waranzwe no gusangira umusaruro,abaturage bagaragaza ko gukomeza ubumwe, gusangira no gukorera hamwe ari imwe mu nkingi zubaka iterambererirambye ry’igihugu. Umwanditsi: Sifa Falka

  • Chorale Saint Pierre Gitarama yateguye igitaramo “Summer Harmony Concert” cyo gususurutsa abakunzi bayo

    Mu rwego rwo gukomeza ivugabutumwa binyuze mu ndirimbo no gusangira ibyishimo n’abakunzi bayo, Chorale Saint Pierre Gitarama iri gutegura igitaramo cyiswe “Summer Harmony Concert”, kizaba […]

  • Abiga muri TTC bazajya biga imyaka itanu: Ibikubiye mu mpinduka MINEDUC yatangaje

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS