• AHABANZA
  • AMAKURU MUBYICIRO
    • AGEZWEHO
    • MU RWANDA
    • MU MAHANGA
    • IMIBEREHO
    • POLITIKE
    • UMUTEKANO
    • UMUTEKANO

UMUTEKANO

Batatu barimo Barafinda bafunzwe bakekwaho gutangaza amakuru y’ibihuha

January 30, 2026 Ibyimana Cofi 0

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi abantu batatu, barimo Barafinda Sekikubo Fred, Mazimpaka Patrick na Nkeramihigo Japhet. Aba bakurikiranweho icyaha gikomeye cyo […]

Perezida Kagame yahaye inshingano nshya abarimo Brig Gen Nyirubutama 

January 30, 2026 Ibyimana Cofi 0

Perezida Paul Kagame yashyize mu myanya abayobozi batandukanye, barimo Brig Gen Jean Paul Nyirubutama wagizwe Umujyanama Mukuru Wungirije mu by’Umutekano muri Perezidansi ya Repubulika. Aba […]

No Image

Australia yakajije amategeko yo gutunga intwaro nyuma y’igitero cy’i Bondi

January 20, 2026 Niyomukiza Vivens 0

Amategeko mashya akaze muri Australia agenga intwaro yemejwe kuri uyu wa Kabiri, arimo gahunda yo kugura no gukusanya intwaro ziri mu baturage, kugabanya iyinjizwa ry’intwaro […]

No Image

Ngoma: Inkuba yakubise abantu 15, icyenda bahita bapfa

January 5, 2026 ICK News 0

Mu masaha ya Saa Kumi n’Imwe n’igice z’umugoroba wo ku Cyumweru, tariki ya 4 Mutarama 2026, inkuba yakubise abantu 15, icyenda muri bo bahita bitaba […]

Trump yemeje ko Amerika yateye Venezuela ifata Perezida Maduro

January 3, 2026 ICK News 0

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yategetse igisirikare kugaba ibitero mu murwa mukuru wa Venezuela, Caracas no ku bigo bya gisirikare, nyuma […]

Perezida Kagame yashimye umuhate inzego z’umutekano zagaragaje mu 2025

December 30, 2025 ICK News 0

Perezida Paul Kagame akaba n’umugabo w’ikirenga w’ingabo z’igihu yashimye ingabo z’u Rwanda (RDF) n’izindi nzego z’umutekano kubera ubunyamwuga bwabo, ubwitange, ndetse na serivisi zitajegajega mu […]

Inama y’Abaminisitiri yemeje ingamba nshya ku mutekano, imibereho n’imiyoborere

December 18, 2025 Daniel Niyonkuru 0

Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Gatatu tariki ya 17 Ukuboza 2025 muri Village Urugwiro, iyobowe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yemeje ibyemezo […]

Gicumbi: Igisasu cyahitanye abana batatu

December 17, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Abana batatu bavukana bo mu Karere ka Gicumbi, bahitanywe n’igisasu bikekwa ko aricyo mu bwoko bwa grenade, nk’uko byahamijwe n’ubuyobozi bw’akarere. Umuyobozi w’Akarere ka Gicumbi, […]

Muhanga: Barinubira umuriro ubura bya hato na hato

December 13, 2025 IKUNDABAYO Pauline 0

Abatuye n’abakorera mu duce dutandukanye tw’umujyi wa Muhanga bakomeje kwinubira ibura ry’umuriro w’amashanyarazi rikunze kugaragara cyane mu masaha ya nimugoroba, ikibazo bavuga ko kibabangamira mu […]

No Image

Harimo abahawe ipeti rya Brigadier General: Perezida Kagame yazamuye mu ntera abasirikare

December 12, 2025 IKUNDABAYO Pauline 0

Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yazamuye mu ntera abasirikare basaga 20,000 bafite amapeti atandukanye, bahabwa ayisumbuyeho. Ni impinduka zatangajwe n’ubuyobozi bw’Ingabo […]

Posts pagination

1 2 … 28 »

AMAKURU MASHYA

  • ICK yateye mpaga Kaminuza ya Gitwe muri Rwanda Varsity League

    Ikipe y’abahungu ya Basketball y’Ishuri Rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) yateye mpaga ikipe ya Kaminuza ya Gitwe mu mikino ihuza za kaminuza (Rwanda Varsity League) […]

  • Hizihijwe Umunsi Mpuzamahanga wo Kurwanya Indwara Zititaweho, abaturage basabwa kwimakaza isuku

    Ku wa Gatanu, tariki ya 30 Mutarama 2026, u Rwanda n’isi yose byizihije Umunsi Mpuzamahanga wo Kurwanya Indwara Zititaweho uko Bikwiye (Neglected Tropical Diseases – […]

  • Batatu barimo Barafinda bafunzwe bakekwaho gutangaza amakuru y’ibihuha

    Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi abantu batatu, barimo Barafinda Sekikubo Fred, Mazimpaka Patrick na Nkeramihigo Japhet. Aba bakurikiranweho icyaha gikomeye cyo […]

  • Perezida Kagame yahaye inshingano nshya abarimo Brig Gen Nyirubutama 

    Perezida Paul Kagame yashyize mu myanya abayobozi batandukanye, barimo Brig Gen Jean Paul Nyirubutama wagizwe Umujyanama Mukuru Wungirije mu by’Umutekano muri Perezidansi ya Repubulika. Aba […]

  • BNR yahagaritse Mobicash ihowe kutubahiraza amabwiriza

    Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yatangaje ko yahagaritse ibikorwa bya Mobicash Rwanda Ltd mu mezi atatu, icyemezo cyatangiye gukurikizwa ku wa 23 Mutarama 2026. Mu […]

IMYIDAGADURO

About

Copyright © 2026 | ICK NEWS