Diyosezi ya Kabgayi yizihije umunsi w’umuco mu mashuri
Kuri uyu wa Kane, tariki ya 26 Gashyantare 2026, mu Karere ka Kamonyi, ku kigo cy’amashuri cya Sainte Bernadette Kamonyi, hizihirijwe Umunsi w’Umuco mu mashuri […]
Kuri uyu wa Kane, tariki ya 26 Gashyantare 2026, mu Karere ka Kamonyi, ku kigo cy’amashuri cya Sainte Bernadette Kamonyi, hizihirijwe Umunsi w’Umuco mu mashuri […]
Muri iyi minsi, hagaragara abasore n’inkumi benshi batinda kubaka ingo, bamwe bakavuga ko n’ubundi hari izubakwa nyuma zigasenyuka zitamaze kabiri. Ibi babishingira ku buhamya n’inama […]
Umubiligi Matthijs De Clercq ukinira ikipe Soudal Quick Step yegukanye agace ka kane ka Tour du Rwanda 2026 kangana n’ibilometero 127.2 kahagurukiye mu Karere Karongi […]
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) ivuga ko impamvu umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza (Mituweli) wazamuwe, hashingiwe ku bushobozi bw’abaturage n’amakuru batanze muri sisiteme y’imibereho. Byasobanuwe na Minisitiri […]
Ikigega Mpuzamahanga gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi n’ubworozi, (IFAD) cyahaye Leta y’u Rwanda inkunga ya miliyoni 78.5 z’amadolari izakoreshwa mu guteza imbere urwego rw’ubuhinzi. Amasezerano y’iyi nkunga […]
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yagaragaje ibyo yagezeho mu bukungu mu ijambo rye rya “State of the Union” ryamaze igihe kirekire […]
Abepiskopi Gatolika 18 bo muri Leta zikora ku mipaka ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, basohoye itangazo risaba ubuyobozi bw’iki gihugu guhindura politiki zimwe na […]
Vatikani yatangaje ko guhera mu rugaryi izatangiza uburyo bushya bwo guhindura indimi icyarimwe bukoresheje ubwenge buhangano (AI), buzafasha abantu gukurikira ibirori bya liturijiya bibera muri […]
Umuyaga ukomeye wibasiye inkombe z’iburasirazuba bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri uyu wa mbere, uzana urubura rwinshi rwaciye agahigo mu mateka, bituma ubuzima bwa […]
Minisitiri w’Ibidukikije, Dr. Arakwiye Bernadette yatangaje ko igihugu gikeneye abakozi 3000 bo gufasha mu guhangana n’ikibazo cya serivisi z’ubutaka zisigaye zitinda. Yatangaje ko ikibazo cya […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS