Ghana: Abaminisitiri babiri n’abandi bantu batandatu bapfiriye mu mpanuka ya kajugujugu
Kuri uyu wa Kane tariki ya 7 Kanama, Abaminisitiri babiri bo muri Ghana hamwe n’abandi bantu batandatu baguye mu mpanuka ya kajugujugu. Iyi mpanuka yatewe […]
Kuri uyu wa Kane tariki ya 7 Kanama, Abaminisitiri babiri bo muri Ghana hamwe n’abandi bantu batandatu baguye mu mpanuka ya kajugujugu. Iyi mpanuka yatewe […]
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zigiye kujya zisaba abaturage ba Malawi na Zambia bifuza kwerekezayo kwishyura amadolari 15,000 arenga miliyoni 20 FRW kugira […]
Kuri uyu wa Gatatu, abantu baturutse imihanda y’isi bahuriye i Hiroshima bunamira ibihumbi by’abantu bahitanwe n’igisasu cya kirimbuze cyatewe muri uwo mujyi na Leta Zunze […]
Ubwami bw’u Bwongereza bwatangaje ko buzatangira gushyira mu bikorwa amasezerano yo kohereza bamwe mu bimukira binjira mu gihugu mu buryo butemewe n’amategeko, bakoherezwa mu Bufaransa […]
Ubwato bwari butwaye abimukira 68 bavaga mu gihugu cya Yemen berekeza mu bihugu by’Abarabu bwarohamye mu mazi hapfiramo abantu 68 abandi benshi barakomereka. Aganira na […]
Mu Misa yo kwizihiza Yubile y’Urubyiruko yabereye i Tor Vergata, mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, Papa Leo wa XIV yibukije urubyiruko ko Yezu ari […]
Mu ijoro ryo ku wa Gatandatu, tariki ya 2 Kamena 2025, Papa Leo XIV yayoboye igitaramo cy’isengesho cyahuriyemo urubyiruko rugera kuri miliyoni, rwari rwaturutse hirya […]
Tariki ya 1 Kanama buri mwaka, mu Rwanda hose, hizihizwa umunsi w’Umuganura, umwe mu minsi ifite agaciro gakomeye mu muco nyarwanda. Ku rwego rw’igihugu ibi […]
Uruhinja rukuze kuruta izindi ku Isi rwavukiye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ruvuye ku rusoro (embryo) rwabitswe mu bukonje mu 1994. Ikinyamakuru the Guardian […]
Minisitiri w’Intebe wa Canada, Mark Carney yatangaje ko igihugu cye kiteguye kwemera Palestine nk’igihugu guhera muri Nzeri, kikaba cyibaye icyagatatu cyo muri G7 gitanaje ibyo […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS