Washington: Iby’ingenzi byaranze ibiganiro byo gushakira amahoro Ukraine
Ejo hashize Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yagarutse muri White House guhura na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump mu biganiro bishya […]
Ejo hashize Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yagarutse muri White House guhura na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump mu biganiro bishya […]
Hashize amezi atatu itsinda rya mbere ry’Abazungu bo muri Afurika y’Epfo rigeze muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika binyuze muri gahunda idasanzwe yashyizweho n’iki gihugu […]
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky azajya i Washington DC ku wa Mbere guhura na Donald Trump, nyuma y’uko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika […]
Umubare w’abamaze guhitanwa n’imyuzure n’inkangu biterwa n’imvura ikabije imaze iminsi igwa muri Pakistan no muri Kashmir iyoborwa na Pakistan ukomeje kwiyongera cyane, aho abantu 307 […]
bamwe mu bagize ubuyobozi bw’Inzibacyuho iyoboye Sudan basuye Ikibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Khartoum kugira ngo barebe aho imirimo yo kugisana igeze, nyuma y’imyaka irenga ibiri […]
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yavuze ko igihugu cye kizanga icyifuzo icyo ari cyo cyose cy’u Burusiya cyuko ireka agace ka Donbas nk’ingurane yo kugira […]
Umugore w’uwahoze ari Perezida wa Koreya y’Epfo ubu ufunze, Yoon Suk Yeol, yatawe muri yombi akurikiranyweho ibyaha bitandukanye birimo guhimba ibiciro by’imigabane no kwakira ruswa. […]
Umunyamakuru ukomeye wa Al Jazeera, Anas Al Sharif, wari warigeze guterwa ubwoba na Isiraheli, yicanwe hamwe n’abo bakoranaga bane mu gitero cy’indege cya Isiraheli muri […]
Amerika yatangaje ko izatanga miliyoni 50 z’amadolari ku muntu wese uzayifasha gufata Perezida wa Venezuela, Nicolás Maduro, ushinjwa kuba umwe mu banyabyaha bakomeye ku Isi […]
Ubushakashatsi bwakozwe n’ikinyamakuru The Guardian ku gitero cyamaze amasaha 72 cyagabwe n’ingabo za Rapid Support Forces (RSF) kuri site ya Zamzam mu gihugu cya Sudani, […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS