• AHABANZA
  • AMAKURU
    • POLITIKE
    • UBUREZI
    • UBUZIMA
    • UBUKUNGU
    • IMIBEREHO
    • UMUTEKANO
    • IYOBOKAMANA
    • AMAKURU YA ICK
    • ANDI MAKURU
  • IMIKINO
    • FOOTBALL
    • BASKETBALL
    • VOLLEYBALL
    • AMAGARE
    • INDI MIKINO
  • IMYIDAGADURO
  • ENGLISH NEWS
  • ICK

MU MAHANGA

Uruhinja rukuze ku Isi rwavutse ruvuye mu rusoro rumaze imyaka 30 rubitswe mu bukonje

August 1, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Uruhinja rukuze kuruta izindi ku Isi rwavukiye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ruvuye ku rusoro (embryo) rwabitswe mu bukonje mu 1994. Ikinyamakuru the Guardian […]

Canada yateye ikirenge mu cy’u Bufaransa n’u Bwongereza mu kwemera Palestine nk’igihugu

July 31, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Minisitiri w’Intebe wa Canada, Mark Carney yatangaje ko igihugu cye kiteguye kwemera Palestine nk’igihugu guhera muri Nzeri, kikaba cyibaye icyagatatu cyo muri G7 gitanaje ibyo […]

Abepiskopi Gatolika b’Abanyafurika barenga 250 bateraniye mu Rwanda mu nama ya SECAM

July 30, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Abayobozi ba Kiliziya Gatolika barenga 250 baturutse hirya no hino muri Afurika bahuriye i Kigali kuva kuri uyu wa 30 Nyakanga kuzageza ku wa 4 […]

Katy Perry yagaragaye asangira Na Justin Trudeau wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Canada, biteza urujijo

July 30, 2025 Kwihangana Joshua 0

Katy Perry,usanzwe ari  umuririmbyi w’icyamamare ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yagaragaye asangira ifunguro rya nimugoroba na Justin Trudeau wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa […]

U Bushinwa: Imvura nyinshi imaze guhitana abantu 30 mu murwa mukuru Beijing

July 29, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Igitangazamakuru cya Leta y’u Bushinwa, Xinhua cyatangaje ko abantu 30 bamaze guhitanwa n’imvura nyinshi n’imyuzure byibasiye umurwa mukuru w’icyo gihugu cyo muri Asia, Beijing. Ibyo […]

Amerika: Bane barimo n’umupolisi barasiwe i New York bahasiga ubuzima

July 29, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Umugabo wari witwaje intwaro ya rutura waturutse i Las Vegas yinjiye mu nyubako ndende iri rwagati mu mujyi wa New York, arasa abantu bane barapfa, […]

Nubwo yagaragaje ubushake bwo kugabanya umwuka mubi, Koreya y’Epfo  iracyari “umwanzi” wa Koreya ya Ruguru — Kim Yo Jong

July 28, 2025 Kwihangana Joshua 0

Kuri uyu wa Mbere, Kim Yo Jong, mushiki wa Perezida wa Koreya ya Ruguru Kim Jong Un, yatangaje ko Koreya y’Epfo igikomeje gufatwa nk’umwanzi wa […]

Google yemeye ko yananiwe gutanga amakuru ku gihe y’umutingito wibasiye Turikiya mu 2023

July 28, 2025 Kwihangana Joshua 0

Sosiyete ya Google yemeye ko sisitemu yayo yo gutanga impuruza ku makuru y’umutingito (Android Earthquake Alerts) yananiwe kuyatangira ku gihe ubwo habaga umutingito ukomeye mu […]

U Buhinde: Umugabo yatawe muri yombi azira kwiyita ambasaderi w’ibihugu bitabaho kw’Isi

July 26, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Inzu nziza ishinzeho ibendera ry’igihugu, imodoka z’agaciro zifite ‘plaque’ z’abadipolomate, amafoto macurano manini ari kumwe na Minisitiri w’intebe w’Ubuhinde. Byari bihagije ngo umugabo amare imyaka […]

U Burusiya: Indege yari itwaye abantu 49 yakoze impanuka

July 24, 2025 Philbert MBONIGABA 0

Amakuru y’ibanze avuga ko nta muntu ntumwe warokotse impanuka y’indege itwara abagenzi yo mu Burusiya yari itwaye 49 ubwo yahanukaga mu kirere cyo mu burasirazuba […]

Posts pagination

« 1 … 23 24 25 … 77 »

AMAKURU MASHYA

  • Chorale Saint Pierre Gitarama yateguye igitaramo “Summer Harmony Concert” cyo gususurutsa abakunzi bayo

    Mu rwego rwo gukomeza ivugabutumwa binyuze mu ndirimbo no gusangira ibyishimo n’abakunzi bayo, Chorale Saint Pierre Gitarama iri gutegura igitaramo cyiswe “Summer Harmony Concert”, kizaba […]

  • Abiga muri TTC bazajya biga imyaka itanu: Ibikubiye mu mpinduka MINEDUC yatangaje

    Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje impinduka nshya zigamije kuzamura ireme ry’uburezi mu Rwanda, zirimo kongera ubushobozi bw’abarimu, guhindura gahunda y’amasomo n’amasaha y’ishuri, kongera amafaranga y’ifunguro ry’abanyeshuri […]

  • Bugesera: Hamenwe litiro 960 z’inzoga n’ibyakoreshwaga mu kuzikora byarengeje igihe

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera, ku bufatanye na Komite Ngenzuzi ya Rwanda FDA ndetse n’inzego z’umutekano, bwangije inzoga n’ibikoresho bitujuje ubuziranenge byakoreshwaga n’uruganda Sky Drop Industries […]

  • Parents praise Cambridge Curriculum as Ahazaza Independent School records strong results in 2026

    Parents whose children attend Ahazaza Independent School in Muhanga City have praised the school for offering both the Rwandan national curriculum and the Cambridge curriculum, […]

  • Muhanga: Ababyeyi bishimiye uko abanyeshuri b’Ishuri Ryigenga Ahazaza batsinze ibizami bya ‘Cambridge’ muri  2026

    Ababyeyi barerera ku Ishuri Ryigenga Ahazaza (Ahazaza Independent School) ryo mu Mujyi wa Muhanga, bavuga ko kuba iri shuri rikoresha integanyanyigisho y’u Rwanda n’iya Cambridge […]

IMYIDAGADURO

Social links

  • Instagram
  • Twitter
  • YouTube

Copyright © 2026 | ICK NEWS