Muhammadu Buhari wahoze ayobora Nigeria yitabye Imana afite imyaka 82
Muhammadu Buhari, wahoze ayobora Nigeria yitabye Imana afite imyaka 82 azize uburwayi. Uyu mugabo wari umaze igihe yivuriza mu Bwongereza, yashizemo umwuka ku cyumweru tariki […]
Muhammadu Buhari, wahoze ayobora Nigeria yitabye Imana afite imyaka 82 azize uburwayi. Uyu mugabo wari umaze igihe yivuriza mu Bwongereza, yashizemo umwuka ku cyumweru tariki […]
Nibura abantu 30 bamaze gupfira mu mujyi wa Sweida muri Siriya, mu mirwano yabaye hagati y’amatsinda yo mu idini rya ‘Druz’ na bo mu moko […]
Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong-un, yongeye kwemeza ko ashyigikiye byimazeyo Uburusiya mu ntambara buhanganyemo na Ukraine. Ibi yabitangaje ubwo yahuraga na Minisitiri w’Ububanyi […]
Perezida William Ruto yageze ku butegetsi ashyigikiwe cyane n’abaturage bari bizeye ko azasohoza ibyo yari yarabasezeranyije byo kuzamura imibereho yabo. Nyamara, aho kubigeraho, ubu ahanganye […]
Nk’uko bigaragara muri raporo y’agateganyo y’Ibiro bishinzwe gukora iperereza ku mpanuka z’indege mu Buhinde (Aircraft Accident Investigation Bureau), impanuka y’indege ya Air India yabaye mu […]
Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 11 Nyakanga, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yazamuye mu ntera abakozi 190 bakorera Urwego rushinzwe Igorora (RCS) […]
Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) rwamenyesheje Inama y’Umuryango w’Abibumbye ishinzwe umutekano (UN Security Council) ko hari amakuru afatika y’uko hari ibyaha by’intambara n’ibyibasira inyokomuntu biri gukorerwa […]
Nyuma y’uko Ikigega Mpuzamahanga gishinzwe Ibidukikije (GEF) kigeneye u Rwanda inkunga ya miliyoni 18 z’amadolari y’Amerika (angana na miliyari 25 z’amafaranga y’u Rwanda), biteganyijwe ko […]
Volodymyr Zelenskyy yasabye ibindi bihugu kwihutisha gahunda yo gushyiraho ibihano bishya ku Burusiya nyuma y’uko igihugu cye cyongeye kugabwaho ibitero bikomeye byahitanye abantu babiri abandi […]
Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tunisia, Rached Ghannouchi, yakatiwe gufungwa imyaka 14, bikaba byiyongereye ku bindi bihano byo gufungwa yagiye ahabwa mu manza zitandukanye. Ghannouchi, […]
Copyright © 2026 | ICK NEWS